SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Dji Brianne agiye kubagwa ibinure byo ku gifu
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Dji Brianne agiye kubagwa ibinure byo ku gifu
Imyidagaduro

Dji Brianne agiye kubagwa ibinure byo ku gifu

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/04/01 at 3:24 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Gateka Esther Brianne umaze kubaka izina mu ruganda rw’imyidagaduro nka Dj Brianne kubera ubuhanga bwe mu kuvangavanga imiziki, agiye kubagwa. Uyu mukobwa uheruka kwinjira mu itangazamakuru aho akorera Isibo Radio, agiye kubagwa uburwayi bwo mu nda.

Amakuru dukesha zimwe mu nshuti ze za hafi  ni uko Dj Brianne agiye kubagwa ku gifu bagakuraho ibinure biriho kuko byabaye byinshi nyuma y’igihe kitari gito  uyu ukunzwe cyane  na benshi hano mu Rwanda kubera ubuhanga bwe mu kuvanga  umuziki.

Uyu waduhaye amakuru  yatubwiye  ko iki gikorwa  kigomba kubera ku Bitaro bya Gisirikare i Kanombe mu gace ka Muhabura (Muhabura Wing).

Dj Brianne biteganyijwe  ko agomba  kubagwa kuri uyu wa Mbere tariki ya 1 Mata 2024,aho icyo gikorwa gifata hagati y’amasaha 8 , nyuma yaho akab aribwo ashobora  kongera kubonana  n’abamusura amaze kuruhuka

Dj Brianne ni umwe mu gitsina gore kirwanyeho akaba amaze kugira aho agera mu gihe hari igihe yagezemo nta cyizere cy’ubuzima bitewe n’ubuzima bushaririye yakuriyemo ari naho yakuye igitekerezo cyo gushinga umuryango yise La Perle Foundation wita ku bana bari mu buzima bwo ku muhanda.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul April 1, 2024 April 1, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

TMC wahoze muri Dream Boys ari i Kigali

December 4, 2023
Imyidagaduro

Gloria Busingye yashyizwe ku rutonde rw’abahanzi bagomba gukumirwa muri Uganda

December 11, 2024
Andi makuru

Augustin Patata Ponyo wabaye Minisitiri wa RDC yakatiwe imyaka 10 y’imirimo y’agahato

May 21, 2025
Andi makuru

Guverinoma ya Israel igiye kujuririra ibirego ICC irega Benjamin Netanyahu

November 28, 2024
Imyidagaduro

#Kwibuka31 : Minisitiri Utumatwishima yifatanyje n’urubyiruko rwo mu mujyi wa Kigali mu igikorwa cyo kwibuka cya’Our Past’

April 10, 2025
Imyidagaduro

Eric X Dealer yagizwe umwere

June 12, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?