SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ingona yitwa Gustave yongeye gutoroka abashakaga kuyica
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Ingona yitwa Gustave yongeye gutoroka abashakaga kuyica
Andi makuru

Ingona yitwa Gustave yongeye gutoroka abashakaga kuyica

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/29 at 1:32 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Ingona nini cyane kurusha izindi mu Burundi, binavugwa ko imaze kurya abantu barenga 300 yatunguranye ubwo yacikaga imitego y’abahigi b’Abafaransa bashakaga kuyifata ari nzima.

Iyi ngona izwi ku izina rya Gustave iba mu Kiyaga cya Tanganyika ku ruhande rw’u Burundi ndetse ngo ikomeje gukura umutima abahatuye.

Bivugwa ko ifite uburebure bwa metero esheshatu, ikagira uburemere buyingayinga toni, ndetse bamwe ntibatinya kwemeza ko ari yo nini cyane muri Afurika.

Abashakashatsi benshi bagerageje ibishoboka ngo bahitane iyi nyamaswa yateye ubwoba benshi ariko birabananira.

Kuri ubu igendana inkovu eshatu z’amasasu yarashwe ariko ntagire icyo ayikoraho n’abagerageje kuyifata ari nzima ntacyo bagezeho.

Itsinda ry’abahigi ryari riyobowe n’Umufaransa Patrice Faye, ryagerageje gutega iyi ngona no gushyira uduhendabana two kuyireshya ariko ikabireba ikihitira, hagafatwa izindi ngona ntoya.

Gustave [ingona] yakomeje kwerekana ko ifite imbaraga kuko n’igihe bagerageje gutega imitego bashyizemo inyamaswa nzima basangaga nta zirimo na yo yagiye.

Bwa nyuma bakuyeyo amaso, ubwo bategaga umutego umeze nk’igisanduku, bashyiramo ihene nzima amajoro arirenga ariko bagarutse basanga wa mutego waguye mu mazi, ihene yaragiye kera n’ingona itafashwemo.

Faye wamaze imyaka myinshi akora ubushakashatsi kuri iyi ngona yabwiye BBC ko ikubye inshuro eshatu mu bunini izindi zo mu Burundi, kandi ari ingome cyane.

Yavuze ko ubugome bwayo bukunda kugaragara iyo ivuye ku kirwa ibaho igiye gushaka ingore, ikarya abantu mu gihe iri mu rugendo yumva ikeneye gushaka icyo kurya.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul March 29, 2024 March 29, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Dominic Nic agiye gukorera igitaramo abakunzi be nyuma yo kubeshywa ko indirimbo ze zizagurwa cyane kuri Youtube

March 22, 2023
Imikino

Sitting Volleyball: Ikipe z’Igihugu zatangiye imyiteguro.

January 17, 2024
Andi makuru

Umunyabigwi Roberta Flack yitabye Imana ku myaka 88

February 25, 2025
Imyidagaduro

Simi ugiye gushyingirwa ashigikiye gusezerana kw’abakundana

January 30, 2024
Andi makuru

Umuvugizi wungirije wa M23 Dr Oscar Balinda yahakanye amakuru ku ifatwa rya Gen Omega

March 5, 2025
Andi makuru

Urukundo rwa Marina naYvan Muziki rwajemo agatotsi

January 11, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?