SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ibyo wamenya kuri Hoteli idasanzwe ya TR5 Resort Hotel ishimwa na benshi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubukungu > Kwamamaza > Ibyo wamenya kuri Hoteli idasanzwe ya TR5 Resort Hotel ishimwa na benshi
Kwamamaza

Ibyo wamenya kuri Hoteli idasanzwe ya TR5 Resort Hotel ishimwa na benshi

Muhire Jimmy
Last updated: 2024/03/25 at 10:35 AM
Muhire Jimmy
Share
3 Min Read
SHARE

TR5 Resort Hotel ni hamwe mu hantu heza ho gusohokera mu nkengero za  Kigali hakomeje kwishimirwa na benshi cyane cyane abakunda ahantu hari ibintu byihariye utasanga ahandi.

 

Ntabwo serivise za hoteli ari iz’abakire gusa, kuri TR5 Resort Hotel  iherereye mu Karere ka Kamonyi ,buri mukiliya wese ahabwa serivise bitewe n’uko yifite ku giciro kinogeye buri wese.

Uretse serivisi zose zisanzwe za Hotel uhasanga, abagana TR5Resort Hotel  bakomeje kwishimira ’Buffet’ yaho yihariye. Uretse ubwoko bunyuranye bw’ibiribwa bateka, biba binatekanywe ubuhanga ku buryo ubiriye yumva neza ko biba biteguye neza nkibyatekewe mu rugo. Buffet yaho iboneka buri gihe cyose wifuje amafunguro.

Serivise abayigana bahasanga

Iyi hoteli irisanzuye, abantu uko bangana kose, ifite ubushobozi bwo kubakira, kandi baba bafite ibinyabiziga bakabona aho bihagarara.

Abayigana uretse kuruhuka bitewe n’amahumbezi , ni Hoteli ifite ubusitani, uhari yumva amajwi y’inyoni, akayaga ko mu biti kakamufasha kuruhuka bihagije.

Ashobora gukora komande y’amafi, bagira amafi y’umwimerere,Brochette nziza kandi zitunganyije kinyamwuga,Inkoko itetse k’uburyo utasanga ahandi, Ifite pisine (piscine), restaurant n’akabari bigezweho, ikagira parikingi ihagije ku bakiliya n’abahatemberera bose, kandi ifite ahantu hanini yakirira abakiliya ku buryo babasha kwisanzura mu mahumbezi,Uretse kuba bafite ibiciro biri hasi ku bahakorera ubukwe, iminsi mikuru y’amavuko , ugakoreshwa ibinyobwa n’ibiribwa byaho biryoheye ubirya cyangwa ubinywa   hari  kandi ibyumba abageni bashobora guhita bakoreramo umuhango wo gutwikurura.

Ni hoteli ifite ibiciro bitagoranye buri wese abyisangamo, haba ku byumba no ku mafunguro.

TR5 Resort Hotel igabanyiriza ibiciro abayigana bari mu gihe cy’Ukwezi kwa Buki (abageni), mu bijyanye n’icumbi.

Ubuyobozi bw’iyi Hotel buvuga ko buhaye ikaze abantu bose mu ngeri zose,bafite amahitamo atandukanye  yakira abakerarugendo baturutse ku mpande zitandukanye ku isi.

Iyi Hotel wayisanga Runda,Ruyenzi  ni iminota 5 gusa uvuye ku muhanda wa Ruyenzi ndetse n’isoko ryaho akaba ari ibirometero 5 gusa uvuye nyabugogo aho imodoka zihagarara ,bikaba ibirometero 25 uvuye ku kibuga cy’indege cya Kigali kiri Kanombe .

Booking:

  • info@tr5resort.com
  • +250 788 455 454

Amwe mu mafoto ya Hotel

 

Ibyumba byaho biguha kwisanzura kubera ubwiza byabyo

Abakozi baho ni abanyamwuga

Muri TR5 Resort bakira abantu bifuza kwiyakira
Muri TR5 Resort bategura amafunguro atandukanye kandi meza

TR5 Resort yitegeye umugi wa Kigali

You Might Also Like

Kaizen Hotel yashyize igorora abakiliya bayo ba siporo na sauna Massage

Iduka Sea2City ryongeye kudabagiza abatunze inyamaswa zibana n’abantu ku bikoresho byazo

Marchal Real Estate Developers yashyize igorora abakundana ku munsi wa St Valentin

Israel Mbonyi yagizwe Brand Ambassador w’ikinyobwa cya Maltona gikorwa na Skol

Israel Mbonyi agiye kwamamaza ikinyobwa gishya cya Skol cyitwa Maltona

Muhire Jimmy March 25, 2024 March 24, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

ImyidagaduroIyobokamana

Cecile Kayirebwa yakomoje ku Rukundo rwe n’umugabo we

March 22, 2024
Andi makuru

IGP Namuhoranye yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Gambia

December 2, 2024
Imikino

Rayon Sports: Ndimo gukurikiranwa n’abaganga ninkira nzagaruka mu kazi “Simon Tamale Umunyezamu wa Rayon Sports”!

January 11, 2024
Imyidagaduro

Abantu bamaze 4 gutabwa muri yombi nyuma yo gushaka gushimuta umuhanzikazi Tiwa Savage .

April 17, 2023
Imyidagaduro

Kendrick Lamar yahize abaraperi bose ku rubuga rwa Apple Music

November 21, 2024
Iyobokamana

Imam Muhsin Hendricks washyigikiraga abaryamana bahuje ibitsina yishwe arashwe

February 20, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?