SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Niyo Bosco yashyize hanze indirimbo ndabihiwe iri kuri EP ye yise New Chapter
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Niyo Bosco yashyize hanze indirimbo ndabihiwe iri kuri EP ye yise New Chapter
Imyidagaduro

Niyo Bosco yashyize hanze indirimbo ndabihiwe iri kuri EP ye yise New Chapter

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/21 at 11:06 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Niyo Bosco yasohoye indirimbo yise ‘Ndabihiwe’ yanditse mu gihe ubuzima bwari bumushaririye, gusa ahamya ko amagambo hari benshi yafasha bajya bahura n’ibihe nk’ibyo yari arimo yandika iyi ndirimbo.

Muri iyi ndirimbo Niyo Bosco aba aririmba inkuru z’abantu bagaragara inyuma nk’abanyuzwe n’ubuzima ariko bihabanye n’uko bameze imbere mu mutima.

Uyu muhanzi ahamya ko ubwo yandikaga iyi ndirimbo nawe ariko yiyumvaga, ati “Hari igihe uba utambuka abantu bakabona umeze neza bakabona ubuzima bukuryoheye nyamara atariko bimeze imbere mu mutima. Igihe nandikaga iyi ndirimbo niko narimeze. Icyakora si njye gusa wivugaga kuko ni ibintu bikunda kuba ku bantu benshi.”

Niyo Bosco ahamya ko iyi ndirimbo yari imaze imyaka irenga ibiri ibitse mu ikayi cyane ko yayanditse mu 2021, mbere yuko ayikora akayishyira kuri EP yise ‘New chapter’ aherutse gusohora.

Niyo Bosco asubiye ku muvuduko wo gusohora indirimbo kenshi mu gihe gito nyuma yo kwinjira muri KIKAC Music yahise inamukorera indirimbo ‘Eminado’ yasohoye mu mezi abiri ashize.

Nyuma y’iyi ndirimbo nibwo yasohoye EP yise ‘New chapter’ iriho indirimbo High table, Hora, Smile na Ndabihiwe yabaye iya mbere akoreye amashusho.

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul March 21, 2024 March 20, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

RIB yatangaje ko Fatakumavuta nyuma y’ibyo ashinjwa harimo no gukoresha ibiyobyabwenge

October 22, 2024
Imyidagaduro

Cyusa Ibrahim yatuye indirimbo ye nshya yise Muvumwamata Nyirakuru

March 7, 2025
Utuntu n'utundi

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

January 4, 2025
Imikino

Milutin Sredojevic “Micho watozaga Libya yirukanywe nyuma yo kutitwara neza

September 17, 2024
Andi makuru

Posada Lounge yashyize igorora abakiliya bayo ibategurira ibitaramo bya buri week end

January 21, 2023
Imyidagaduro

Sean Kingston n’umubyeyi we Janice Turner bashobora kwisanga mu buroko

March 30, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?