SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Paul Kagame yavuze igisobanuro cy’amazina yise abuzukuru be Anaya na Amalia
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Paul Kagame yavuze igisobanuro cy’amazina yise abuzukuru be Anaya na Amalia
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yavuze igisobanuro cy’amazina yise abuzukuru be Anaya na Amalia

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/08 at 1:19 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko amazina y’abuzukuru be aribo Anaya Abe Ndengeyingoma na Amalia Agwize Ndengeyingoma (Abe na Agwize) asobanura icyo yifuza, icyo abifuriza ndetse n’icyo yifuriza abanyarwanda bose muri rusange.

Ibi yabigarutseho  Kuri uyu wa Gatanu tariki 8 Werurwe 2024, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore ku rwego rw’Igihugu, byabereye muri BK Arena, asubiza uwari umubajije icyo yifuriza abuzukuru be babiri b’abakobwa ndetse n’urungano rwabo muri rusanga, Perezida Kagame, yavuze ko buri zina rifite ubusobanuro.

Yagize ati: nafashe umwnaya  negera ababyeyi babo bababyara mbasaba ko nshaka kubita amazina yanjye nifuza nabo  ntago bamugoye  barabimwemereye maze  abira amazina  afite ibisobanuro bihagije .

yakomeje  agira  ati ’’Mu mazina nabise nabigize mbigendere kuko harimo Philosophy, uwa Mbere namwise Abe, biva mu kuba ari ko iyo bivuze ngo Abe, abe uwo ari we, abe uwo ashaka kuba, ni cyo gituma namuhaye iryo zina’’.

Umukuru w’igihugu yavuze ko umwuzukuru we wa Kabiri yamwise Agwize, ati: ’’Uwa Kabiri umukurikira mwita Agwize, kugwiza bivuze uburumbuke, agwize ibyo azatunga, ibyo yifuza, Values byose abigwize. Ngo muri ayo mazina, icyo nifuza, icyo mbifuriza, icyo nifuriza abanyarwanda byose bibe birimo”.

Umwuzukuru wa mbere wa Perezida Kagame, Anaya Abe Ndengeyingoma, yavutse kuwa 19 Nyakanga 2020 naho uwa Kabiri ari we Amalia Agwize Ndengeyingoma, yavutse tariki 19 Nyakanga 2022.

 

 

 

 

You Might Also Like

Cardinal Robert ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatorewe kuba Papa Mushya afata izina rya Leon XIV

U Rwanda rwasinyanye amasezerano n’isosiyete E7 yo muri UAE

Aba-Cardinal binjiye mu munsi wa kabiri w’itora rya Papa

Eddie Mutwe ushinzwe umutekano wa Bobi Wine yagejejwe mu rukiko ashijwa ubujura

Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba ICRC

Nsanzabera Jean Paul March 8, 2024 March 8, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

RIB yagiriye inama abakina n’ibirango by’igihugu n’amafaranga

February 28, 2024
Andi makuru

Inyubako zo muri Gare ya Musanze zibasiwe n’inkongi y’Umuriro

November 20, 2023
Imyidagaduro

Drake yavugishije abantu amangambure nyuma yo kugaragara akinisha igikinisho gifite ishusho y’igitsina

February 8, 2024
Andi makuruImyidagaduro

Amafoto yibyaranze irushanwa rya ‘SupraModel’ ryegukanywe na Umutesi Li Hua Brenda

November 6, 2023
Andi makuru

Clare Akamanzi yahawe igihembo na Forbes Africa

March 9, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yemeje ko ari umukandida mu matora ya 2024

September 20, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?