SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Paul Kagame yavuze igisobanuro cy’amazina yise abuzukuru be Anaya na Amalia
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Paul Kagame yavuze igisobanuro cy’amazina yise abuzukuru be Anaya na Amalia
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yavuze igisobanuro cy’amazina yise abuzukuru be Anaya na Amalia

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/08 at 1:19 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yavuze ko amazina y’abuzukuru be aribo Anaya Abe Ndengeyingoma na Amalia Agwize Ndengeyingoma (Abe na Agwize) asobanura icyo yifuza, icyo abifuriza ndetse n’icyo yifuriza abanyarwanda bose muri rusange.

Ibi yabigarutseho  Kuri uyu wa Gatanu tariki 8 Werurwe 2024, ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore ku rwego rw’Igihugu, byabereye muri BK Arena, asubiza uwari umubajije icyo yifuriza abuzukuru be babiri b’abakobwa ndetse n’urungano rwabo muri rusanga, Perezida Kagame, yavuze ko buri zina rifite ubusobanuro.

Yagize ati: nafashe umwnaya  negera ababyeyi babo bababyara mbasaba ko nshaka kubita amazina yanjye nifuza nabo  ntago bamugoye  barabimwemereye maze  abira amazina  afite ibisobanuro bihagije .

yakomeje  agira  ati ’’Mu mazina nabise nabigize mbigendere kuko harimo Philosophy, uwa Mbere namwise Abe, biva mu kuba ari ko iyo bivuze ngo Abe, abe uwo ari we, abe uwo ashaka kuba, ni cyo gituma namuhaye iryo zina’’.

Umukuru w’igihugu yavuze ko umwuzukuru we wa Kabiri yamwise Agwize, ati: ’’Uwa Kabiri umukurikira mwita Agwize, kugwiza bivuze uburumbuke, agwize ibyo azatunga, ibyo yifuza, Values byose abigwize. Ngo muri ayo mazina, icyo nifuza, icyo mbifuriza, icyo nifuriza abanyarwanda byose bibe birimo”.

Umwuzukuru wa mbere wa Perezida Kagame, Anaya Abe Ndengeyingoma, yavutse kuwa 19 Nyakanga 2020 naho uwa Kabiri ari we Amalia Agwize Ndengeyingoma, yavutse tariki 19 Nyakanga 2022.

 

 

 

 

You Might Also Like

FDA yakuye kw’isoko ikinyobwa kitwa ubutwenge

Perezida Macron yatangaje byinshi ku rushyi yakubiswe n’umugore we Brigitte

Perezida Kagame agiye gukorera urugendo rw’akazi muri Kazakhstan

Musanze: Inzu y’ubucuruzi yahiriyemo ibifite agaciro ka Miliyoni 15

Nigeria :Umugore yarumye igitsina cy’umukunzi we kugeza agiciye

Nsanzabera Jean Paul March 8, 2024 March 8, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Album ya 25 shades ya Bwiza yaguzwe amaeuro arenga 9500 harimo 1000 cya The Ben

March 10, 2025
Imikino

Umutoza Seninga yahagaritswe by’agayeganyo na Etincelles kubera imyitwarire mibi

May 1, 2025
Imyidagaduro

Christopher yibutse umubyeyi umaze imyaka itatu yitabye Imana

January 22, 2024
Imyidagaduro

Abaramyi Gaby Kamanzi, Aline Gahongayire na Tonzi bakebuye abakirangwa n’inzangano

April 13, 2024
Imyidagaduro

Miss Erica yitabye Imana azize uburwayi.

November 17, 2023
Utuntu n'utundi

Bobi Wine yasabye abarwanashyaka b’ishyaka rya NUP kuzamutora muri 2026

May 23, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?