SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Platini yashimangiye ko Big Fizzo na Eddy Kenzo bazitabira igitaramo cye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Platini yashimangiye ko Big Fizzo na Eddy Kenzo bazitabira igitaramo cye
Imyidagaduro

Platini yashimangiye ko Big Fizzo na Eddy Kenzo bazitabira igitaramo cye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/02/27 at 12:37 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi  Mugani Désiré  ukunzwe nka Big Fizzo i Burundi na  Edrisah Kenzo Musuuza uzwei  Eddy Kenzo w’I bugande bari mu bahanzi bazafasha Platini mu gitaramo ateganya gukorera i Kigali, ku wa 30 Werurwe 2024, ubwo azaba yizihiza imyaka 14 amaze mu muziki.

Iki gitaramo cya Platini yateguye yise ‘Baba Experience’ kizabera muri Camp Kigali. Kigamije kwizihiza imyaka 14 amaze mu muziki ndetse n’itatu amaze yikorana umuziki nyuma y’isenyuka rya Dream Boys yawutangiriyemo.

Amakuru mashya avugwa kuri iki gitaramo ni uko Platini yamaze kumvikana na Big Fizzo ndetse na Eddy Kenzo nk’abahanzi bazaturuka hanze baje kumushyigikira.

Eddy Kenzo na Platini ni inshuti z’igihe kirekire cyane, uretse indirimbo Toroma baherutse gukorana, aba bahanzi bigeze no gukorana ku yitwa ‘No one like me’, icyakora icyo gihe Platini akaba yari akibarizwa mu itsinda rya Dream Boys.

Ni mu gihe Big Fizzo na Platini bo uretse kuba inshuti banaherutse gukorana indirimbo ‘Ikosa rimwe’.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul February 27, 2024 February 27, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Amag The Black yaciye amazimwe kubavuga kugutandukana n’umugore we

February 8, 2023
Andi makuruUtuntu n'utundi

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

October 17, 2024
Imikino

Handball: Kiziguro SS yisubije igikombe cy’Irushanwa ry’Intwali

February 12, 2024
Andi makuruUbukungu

Ibiciro by’ibikomoka kuri lisansi byagabanutse mu Rwanda

October 8, 2024
Iyobokamana

Imam Muhsin Hendricks washyigikiraga abaryamana bahuje ibitsina yishwe arashwe

February 20, 2025
Imyidagaduro

Platini yatumiye abanyamugi ba Urban Boys mu gitaramo cya Baba Experience

March 11, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?