SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Porsche igiye gushyira ku isoko imodoka ya kabiri ikoresha amashanyarazi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ikoranabuhanga > Porsche igiye gushyira ku isoko imodoka ya kabiri ikoresha amashanyarazi
Ikoranabuhanga

Porsche igiye gushyira ku isoko imodoka ya kabiri ikoresha amashanyarazi

Gossip Kigali
Last updated: 2024/01/26 at 11:34 AM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Uruganda rw’Abadage, Porsche AG, rwatangaje ko rwitegura gushyira ku isoko imodoka ya kabiri ikoresha amashanyarazi, nyuma ya Taycan rwashyize hanze mu 2019.

Iyi modoka izashyirwa hanze izwi nka Macan SUV. Yari isanzwe ku isoko, gusa ni ubwa mbere hagiye gukorwa ubwoko bwayo bw’ikoresha amashanyarazi.

Iyi Macan SUV izaba ifite ubushobozi bwo kwakira chargeurs zongeramo umuriro za 270kW. Kugira ngo bateri yayo ive ku muriro wa 10% igere kuri 80% bizajya bifata iminota 21 gusa.

Porsche yavuze ko izatangaza ibilometero iyi modoka ishobora kugenda igihe bateri yayo yuzuye, mbere y’iminsi mike ngo ijye hanze, gusa amakuru hari avuga ko ishobora kuzaba ifite ubushobozi bwo kugenda ibilometero 490.

Iyi modoka izaba irimo amoko abiri, Macan 4 na Macan Turbo. Ikizaba kizitandukanye ni imbaraga zifite.

Mu gihe 2024 Porsche Taycan igura 92,550$, Biteganyijwe ko iyi yo izaba ihendutse kuko nk’igiciro cya Macan 4 kizahera kuri 78,800$, mu gihe icya Macan Turbo cyo kizaba ari $106,950.

You Might Also Like

Airtel Africa yinjiye mu bufatanye na SpaceX bugamije gukwirakwiza internet ya Starlink,

Uruganda rwa Apple rwaje ku mwanya wa mbere mu bigo byacuruje telefone nyinshi mu gihembwe cya mbere cya 2025

Microsoft igiye gufunga Skype

Airtel yatangije icyumweru cyahariwe kwita ku bakiliya bayo,

Menya Byinshi kuri Iphone 16 igiye gusohoka

Gossip Kigali January 26, 2024 January 26, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Abateguye Africa Unveil Festival biyemeje kuzashimisha ababakuriye muri Gakondo

December 4, 2024
Andi makuru

Minisiteri y’uburezi yahagaritse by’agateganyo gusura abanyeshuri bacumbikirwa

October 2, 2024
Utuntu n'utundi

Indege yarimo Visi Perezida wa Malawi Dr Saulos Klaus Chilima ikomeje kuburirwa irengero

June 10, 2024
Andi makuru

Bimwe mu bihugu bitandukanye kw’isi bamaze kwinjira mu mwaka wa 2025 mu byishimo

December 31, 2024
Imyidagaduro

Diamond Platnumz wasubiye Iwabo yijeje abanyarwanda igitaramo cy’amateka

August 12, 2023
Imikino

Rutahizamu Alsény Camara yijeje Aba-Rayons kuzitwara neza !

November 23, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?