SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Christopher yibutse umubyeyi umaze imyaka itatu yitabye Imana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Christopher yibutse umubyeyi umaze imyaka itatu yitabye Imana
Imyidagaduro

Christopher yibutse umubyeyi umaze imyaka itatu yitabye Imana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/01/24 at 2:10 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Muneza Christopher umaze imyaka irenga 10 akora umuziki by’umwuga, yafashe umwanya wo kwibuka umubyeyi umubyara akomoza ku bubabare bwo kumubura.

 

Ku wa 21 Mutarama 2021 ni bwo inkuru y’icamugongo yamenyekanye ko Nyina wa Christopher, Gahongayire Marie Mativitas yitabye Imana.

Byari ibihe bikomeye mu ruhando rw’imyidagaduro ndetse benshi mu byamamare bagiye bafata mu mugongo banatabara uyu muhanzi.

Ubu imyaka 3 ikaba ishize uyu mubyeyi yitahiye gusa nk’uko Christopher yabigarutseho bikaba bigikomeye kubyakira.

Ibi yabitangaje agira ati”Imyaka itatu irashize ariko ububabare bwo kubura Mama buracyameze n’ubu nkaho byabaye ejo hashize.”

Ni ubutumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze abuherekesha ifoto akiri muto ateruwe n’uyu mubyeyi.

Christopher kandi yerekanye Se umubyara, Butera Juvenal ari aho uyu mubyeyi aruhukiye.

Uyu muhanzi akaba abura iminsi mike akuzuza imyaka 30 kuko yabonye izuba kuwa 30 Mutarama 1994 akaba avuka mu muryango w’abana 6.

Kuri ubu akaba ari mu myiteguro yo kujya gutaramira muri Canada nyuma y’uko mu mezi ya nyuma ya 2023 ataramiye muri Amerika.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 24, 2024 January 22, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Tiwa Savage ntari gucana uwaka na Davido

January 10, 2024
Andi makuru

Abanyarwenya Kigingi na Dr. Hilary Okello batumiwe mu gitaramo cyo kwizihiza imyaka ibiri ya Gen Z Comedy

March 1, 2024
Ubukungu

Mu Rwanda hafunguwe ku mugaragaro Inama yiga kubijyanye n’’ingufu zibyara amashanyarazi muri Afurika

November 4, 2024
Andi makuru

Amahoro Industries Ltd ,KTN Rwanda na bandi benshi begukanye ibihembo bya KIMFEST Awards 2023 (Amafoto )

June 5, 2023
Andi makuru

BurikinaFaso yahaye amasaha 24 abadipolomate b’abafaransa yo kuba basohotse mu gihugu

April 18, 2024
Utuntu n'utundi

Lagos : Abagabo bakekwaho icyaha cyo gukora inzoga zihenze cyane batawe muri yombi

June 10, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?