SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Pamella yifurije umugabo we The Ben isabukuru nziza amubwira amagambo aryoshye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Pamella yifurije umugabo we The Ben isabukuru nziza amubwira amagambo aryoshye
Imyidagaduro

Pamella yifurije umugabo we The Ben isabukuru nziza amubwira amagambo aryoshye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/01/09 at 3:21 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Nyuma y’iminsi Mike  The Ben arushinze  na  Pamella  ibyshimo bikomeje kuba byinshi  mu rugo rwabo aho kuri  uyu munsi the Ben yagize isabukuru  y’amavuko  .

Uwicyeza Pamella yafashe umwanya yibutsa Mugisha Benjamin  uzwi nka The Ben ko ari we mugabo yari yarasengeye, amusabira imigisha myinshi anongera kumusezeranya ko azaba ahari mu bihe byose.

The Ben yabonye izuba ku wa 09 Mutarama 1987, aho maze  imyaka  37 kuri  iyi isi  muri iyo myaka yose  itagera ku kwezi ni yo amaze ashinze urugo aho yeretse ibirori by’akataraboneka imiryango n’abakunzi be mu Kuboza 2023.

Uwicyeza Pamella bakiri mu kwa buki yamuteye imitoma  idasanzwe, amwifuriza isabukuru nziza ati”Umunsi mwiza w’amavuko mugabo wanjye w’igikundiro, hamwe na we Isi ihinduka ijuru, nkunda kugukunda. Warakoze kumbera inshuti magara no kureka nkaba uwo nifuza mu nzira zose.”

Yongeraho ati”Nta muntu utagira inenge ariko kuri njye ntekereza uri umuziranenge, uri uwo nasengeye, ntewe amatsiko no kuzasazana na we. Ntewe ishema nawe kugeza ku iherezo mukundwa.”

Uwicyeza Pamella akaba yarabonye izuba we ku wa 31 Mutarama 2000, muri iyo myaka igera kuri 5 ayimaze ari mu munyenga na The Ben,umuhanzi w’ikimenyabose kuko aba bombi batangiye kugarukwaho mu rukundo mu mpera za 2019.

Umwaka wa 2021 wasize The Ben yambitse impeta Pamella mu buryo bunejeje, uwa 2022 usiga basezeranye   imbere y’amategeko, ni mugihe ku wa 15 Ukuboza 2023 aribwo habaye umuhango wo gusaba no gukwa kw’aba bombi.

Maze ku wa 23 Ukuboza 2023 basezerana kubana imbere y’Imana mu rusengero rwa Eglise Vivante maze bakirira imiryango yabo inshuti na bamwe mu bakunzi babo mu birori byabereye muri Kigali Convention Center.

https://www.instagram.com/p/C12yNnysmlz/

 

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul January 9, 2024 January 9, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Vladimir Putin yatangaje ko barashe ku birindiro bya Ukraine bikomeye

November 28, 2024
Imikino

Ikipe ya Pyramids yasesekaye i Kigali (Amafoto)

September 12, 2024
Imyidagaduro

Judith Heard yakoranye indirimbo na Koffi Olomide

May 22, 2023
Imyidagaduro

Decent Entertainment ya Muyoboke Alex yateguye igitaramo Iryamugabe ku munsi wo kwibohora

June 22, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzi Toby Keith yitabye Imana azize Kanseri

February 7, 2024
Imyidagaduro

Jennifer Lopez n’umugabo we Ben Affleck bongeye baratandukana

May 16, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?