SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ravel Maxwell Ndjoumekou arifuzwa n’ikipe ya Etincelles FC!
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Ravel Maxwell Ndjoumekou arifuzwa n’ikipe ya Etincelles FC!
Imikino

Ravel Maxwell Ndjoumekou arifuzwa n’ikipe ya Etincelles FC!

Muhire Jimmy
Last updated: 2024/01/02 at 9:52 AM
Muhire Jimmy
Share
2 Min Read
SHARE

 

Ikipe ya Etincelles FC yo mu Karere ka Rubavu igeze kure ibiganiro na Rutahizamu w’Umunya-Cameroun Ravel Maxwell Ndjoumekou wasezerewe na Gasogi United mu mpera za 2023.

Umukinnyi Ndjoumekou w’imyaka 23, wageze muri Gasogi United avuye muri Union Sportive de Douala y’iwabo muri Cameroun, yari amaze gukina umwaka umwe n’igice ku masezerano y’imyaka ibiri yasinye. Uyu rutahizamu yirukanywe ku mpera y’igice cya mbere cya Shampiyona y’u Rwanda ya 2023/2024.

Mu minsi ishize Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles, KNC, yari aherutse kuvuga ko umusaruro mubi ikipe yagize hari abagomba kuwuzira nyuma yo gutsindwa na Mukura VS ibitego 4-2 tariki 9 Ukuboza 2023.

Yagize ati “Urabona umunyezamu ukora ibintu bya kigoryi udashobora gutekereza. Ukabona abantu bajya gusimbuza, umukino bakawurekura ubibona. Ibi hari ugomba kubizira.”

KNC yavuze ko hari abandi bakinnyi bagomba gusezererwa ndetse hakanagurwa abashya kugira ngo ikipe ikomeze yiyubake ku buryo ishobora guhatana mu Gikombe cyAmahoro na Shampiyona.

Nubwo batandukanye ariko amasezerano ya Gasogi United na Ndjoumekou, ateganya ko mu mafaranga azagurwa hazakurwaho agomba guhabwa iyi kipe yakiniraga mbere yo kwerekwa umuryango.

Etincelles FC igeze kure ibiganiro na Rutahizamu w’Umunya-Cameroun Ravel Maxwell Ndjoumekou wasezerewe na Gasogi United

Etincelles FC irifuza Maxwell Ndjoumekou ngo imusimbuze Umunya-Nigeria, Samson Irokan Ikechukwu wari wahawe igeragezwa ry’igice kibanza cya Shampiyona ariko birangira asezerewe nyuma yo kudatsinda igitego na kimwe mu mikino irindwi.

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Muhire Jimmy January 2, 2024 January 2, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Utuntu n'utundi

Ramaphosa yarahiriye kongera kuyobora Afurika y’Epfo

June 19, 2024
Andi makuru

Minisiteri ya Siporo yasabye imbabazi ku kibazo cyabaye kuri sitade Amahoro

June 17, 2024
Andi makuru

Kizza Besigye utavuga rumwe na Museveni yagejejwe mu rukiko rwa Gisirikare

November 20, 2024
Andi makuru

M23 yahanuye indi Drone ya FARDC

February 10, 2024
Imyidagaduro

Bwiza yakomoje kukuba ataragaragaye mu bahanzi bakiriwe na Perezida Kagame

August 20, 2024
Andi makuru

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yatawe muri yombi

October 16, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?