SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kendrik Lamal yageze i Kigali ahishwe mu buryo bukomeye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Kendrik Lamal yageze i Kigali ahishwe mu buryo bukomeye
Imyidagaduro

Kendrik Lamal yageze i Kigali ahishwe mu buryo bukomeye

Gossip Kigali
Last updated: 2023/12/05 at 9:21 AM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Umuraperi Kendrick Lamar yageze mu Rwanda aherekejwe n’umugore we ndetse n’umwana wabo aho yitabiriye igitaramo cyateguwe na Move Africa kizaba kuri uyu wa Gatatu tariki 6 Ukuboza muri BK Arena.

Umunyabigwi mu njyana ya Hip Hop ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kendrick Lamar yamaze gusesekera mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 05 ukuboza 2023.

Kendrick Lamar yageze mu Rwanda akerereweho gato ku masaha yari yatangajwe kubera ibibazo by’indege.

Yageze mu Rwanda ari kumwe n’umuryango we wose ndetse na bamwe mu bamufasha mu muziki ariko icyatunguranye nuko uyu mugabo uretse abi mu kibuga imbere nk’abashinzwe umutekano ntawundi wabashije kumubona mu maso kuko n’abanyamakuru ntabashije kumufata ifoto

Kendrick Lamar ageze mu Rwanda akurikiranye na Zuchu waraye uhageze mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere ari kumwe na manager wa Diamond Platnumz. Aba bombi bitezweho gutanga ibyishimo mu gitaramo Move Afrika giteganyijwe kubera muri BK Arena.

Uretse Kenrick Lamar na Zuchu, Bruce Melodie ni umwe mu bategerejwe kuzatanga ibyishimo ku banyakigali nyuma yo gutaramira muri USA akaba azahita asubirayo mu bitaramo bibiri ateganya gukorerayo.

Amafoto :Igihe

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Gossip Kigali December 5, 2023 December 5, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Warren Zaïre-Emery wa PSG yasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

December 22, 2023
Andi makuru

Perezida Alexander Lukashenko yemeje ko Yevgeny Prigozhinari ari mu Burusiya

July 6, 2023
Imyidagaduro

The Ben na Remah Namakula batumiwe mu gitaramo i Musanze

July 25, 2024
Andi makuru

Perezida Ruto nyuma yo guhura naba Guverineri yemeye ibyo ibyo asabwa

December 16, 2024
Andi makuru

RIB yataye muri yombi umugore uherutse guhohotera umwana arera akamukomeretsa

April 13, 2023
Andi makuru

Perezida Ruto yasabye imbabazi Tanzaniya nyuma y’umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi

May 29, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?