SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Eddy Kenzo yashimiye Perezida Museveni nyuma yo kubatera inkunga ya Miliyari 20
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Eddy Kenzo yashimiye Perezida Museveni nyuma yo kubatera inkunga ya Miliyari 20
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yashimiye Perezida Museveni nyuma yo kubatera inkunga ya Miliyari 20

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/11/28 at 10:10 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi  Eddy Kenzo kuri   uyu  wa mbere w’iki cyumweru yagiranye yagiranye  ibiganiro  byihariye  na Perezida Yoweri Kaguta Museveni.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Eddy Kenzo wari ufite akanyamuneza mu nyandiko ye, yabwiye abamukurikira ko yahuye na Perezida Museveni baganira ku buryo habaho kuvugurura itegeko rirengera umutungo bwite mu by’ubwenge.

Kuri iyi ngingo, Eddy Kenzo yavuze ko yanyuzwe n’igisubizo yakuye kuri Perezida Museveni wamwemereye ko agiye kwiga kuri iki kibazo akamenya uko giteye.

Ikindi Eddy Kenzo yatangarije abamukurikira, ni uko Perezida Museveni yemeye ubutumire mu nama bateganya kumumurikiramo ubuyobozi bwa Federasiyo y’abahanzi ba muzika na gahunda ihamye bafite.

Abahanzi bo muri Uganda bamaze igihe bagaragaza kutishimira uburyo ibihangano byabo bikungahaje abaturage nyamara bo ugasanga nta nyungu bibabyarira.

Ibi byatumye bamwe muri bo bahaguruka biyemeza kuzamura ijwi ryabo, kuri ubu bakaba barashinze federasiyo ibahuza ari nayo Eddy Kenzo ayoboye.

Iki kibazo si umwihariko w’abahanzi bo muri Uganda gusa kuko n’abahanzi bo mu Rwanda bahangayikishijwe no gukomeza kwicira isazi mu jisho nyamara ibihangano byabo bikungahaje rubanda.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul November 28, 2023 November 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Handball: Ntabwo Cape Verde ifite amateka ahambaye “Umutoza Bagirishya Anacle”

January 17, 2024
Imyidagaduro

Umugore wa Justin Bieber yatangaje byinshi yahuye nabyo kuva yabana n’umugabo we

May 21, 2025
Andi makuruKwibuka

Hyppolite Ntigurirwa arasaba urubyiruko kwitabira Urumuri Perfomance Igikorwa cyo guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

April 27, 2024
Imyidagaduro

Abantu bamaze 4 gutabwa muri yombi nyuma yo gushaka gushimuta umuhanzikazi Tiwa Savage .

April 17, 2023
Imyidagaduro

Umuhanzi Jux yasezeranye n’Umukunzi we Priscilla Ajoke Ojo mw’Idini

February 8, 2025
Imikino

Umusifuzi yasabye imbabazi De Ligt nyuma yo gusezererwa kwa FC Bayern Munich

May 9, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?