SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Titi Brown yerekewe urukundo ruhambaye muri gitaramo cya Gen-Z Comedy (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Titi Brown yerekewe urukundo ruhambaye muri gitaramo cya Gen-Z Comedy (Amafoto)
Imyidagaduro

Titi Brown yerekewe urukundo ruhambaye muri gitaramo cya Gen-Z Comedy (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/11/17 at 11:02 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Ku mugoroba wo kuri uyu  wa Kane muri camp Kigali  ahasanzwe habera ibitaramo bya  Gen-Z comedy itegurwa n’umunyarwenya Fally Merci Abanyarwanda bongeye kwereka Titi Brown urukundo rwo mu rwego  rwo hejuru bamurundaho ifaranga biratinda .

Uyu  musore wakunzwe cyane  kubera ubuhanga afite mu kubyina nyuma y’imyaka ibiri  yari ishize ari  mu gihome azira icyaha cyo  gusambanya umwna utujuje imyaka nubwo byaje kurangira akigizweho  umwere bwari ubwa mbere agaragaye mu ruhame rw’abantu benshi  aho  yanishimiwe cyane  n’abakunzi be  .

Ubwo bari mu gihe  cyagenewe  kuganiro n’icyamamare  muri iki gitaramo kuri  uyu mugoroba hari hatumiwe  Chris Eazy wari wazanye  na Titi Brown ndetse n’Umujyanama we  Giti  Junior   nibwo  Umunyarwenya  Fally Merci  yabonye  Titi  Brown wari wicaye ku murongo  w’Imbere  maze amusaba kuza ku rubyiniro  akaramukanya nabari bamukumbuye .

Akigera  ku rubyiniro mu byishimo  bivanze n’amarirra Titi Brown yasuhuje abaraho ashimira buri wese  wamubaye  hafi muri kiriya gihe kitari kimworoheye muri gereza .

Nyuma yo gusuhuza abaraho Merci yasabye  Titi Brown kwereka abakunzi  be ko atibagiwe  kubyina  maze mu ndirimbo nshya  ya Chriss Eazzy bafatanyije babyina  Bana  abantu bose barahaguruka  bamuha amashyi .

Fally Merci  amaze kubona uko bamwakiriye  yasabye abakunzi b’Urwenya ko  bafata umwanya bakaremera uwo musore uri gasabwa byinshi  kugira ngo yongere kwiyubaka kabone ko ariwe  ubu ufite inshingano zo kwita kuri   barumuna be .

Titi Brown yakozwe ku mutima n’urukundo yeretswe n’abakunzi b’urwenya bamuremeye bamuha amafaranga menshi mu rwego rwo kumwakira.

Uyu musore ntiyabashije kugira byinshi avuga, gusa yashimiye abantu bose bakomeje kumuba hafi muri ibi bihe.

Nyuma y’icyo gitaramo Umunyamakuru akaba Mc Nario  umwe  mu bahagurukije benshi mubaremeye  Titi Brown yatangarije  Ahupa  Radio ko  kiriya ari igikorwa cyiza Fally Merci yakoze gusa anenga ko abanyarwanda  akenshi bavuga ngo Momo  mu majwi ari hejuru cyane  ariko bikarangira ntakintu bakoze  ngo baremere uba akeneye ubufasha  yasabye buri wese  ufite umutima ukunda kandi wa kimuntu  gukomeza kugira  ubumuntu bakajya bafasha ntakindi bagamije  uretse urukundo

 

Amafoto : Gen-Z Comedy  Instagram 

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul November 17, 2023 November 17, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Kanye West (Ye )yikomye abahanzi banze kugira icyo bavuga kwifungwa rya P Diddy

February 7, 2025
Imyidagaduro

Young Grace yashyize hanze indi myambaro ya siporo yitiriye izina rye rya YG

March 20, 2025
Andi makuru

Kwibuka31: Guverineri wa Leta ya Texas yakomoje kw’ isomo Abanyamerika bakwiye kwigira kuri Jenoside yakorewe Abatutsi

April 9, 2025
Imyidagaduro

Producer Li John yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Ndagutinya

September 27, 2023
Andi makuru

Abantu 59 baguye mu nkongi y’Umuriro yibasiye akabyiniro muri Macedonia

March 17, 2025
Imikino

Perezida Paul Kagame n’Umwami wa Morocco bashimwe kuba indashyikirwa guteza imbere umupira w’amaguru muri Afurika.

March 15, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?