SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Miss Erica yitabye Imana azize uburwayi.
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Miss Erica yitabye Imana azize uburwayi.
Imyidagaduro

Miss Erica yitabye Imana azize uburwayi.

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/11/17 at 6:20 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzikazi Irakoze Erica wamenyekanye mu muziki wo mu Burundi no mu Rwanda nka Miss Erica, yitabye Imana azize uburwayi.

Inkuru y’urupfu rw’uyu mukobwa yamenyekanye kuri uyu wa Gatanu tariki 17 Ugushyingo 2023, ko yaguye i Burundi.

Erica yatangiye umuziki mu 2011 nyuma yo gusoza amashuri yisumbuye. Yakoraga injyana zirimo Afro pop, Hiplife, R&B na Dancehall.

Mu 2016 yashinze itsinda yari ahuriyemo na mugenzi we Lacia ndetse icyo gihe bakoranye indirimbo na Sat-B t bise ‘Joto’ yamenyekanye.

Mu bihe by’intangiro ze mu muziki, yakoraga Dancehall ariko mu 2017 yaratunguranye akora indirimbo yise ‘Angalia’ yahuriyemo n’abahanzi barimo Rabadaba, Diplomate na Milly. Icyo gihe yabarizwaga muri Kiwundo Entertainment yo mu Rwanda yaje gusenyuka.

Uyu mukobwa yakoze izindi ndirimbo zirimo Buziraherezo, Give me love, Mon Amour n’izindi.

Miss Erica yakuriye mu Mujyi wa Kigali cyane ko ababyeyi be umwe akomoka mu Rwanda undi agakomoka mu Burundi. Yatwaye ibihembo birimo icya Buja Music Awards mu 2019
nk’umuhanzikazi mwiza mu Burundi ndetse n’ibya Afrimusic Song Contest yatwaye mu 2020. Icyo gihe yegukanye igihembo cya ‘Eurovision Coverage Facebook Buzz Award’ n’icya ‘Best French Lyric’.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul November 17, 2023 November 17, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Jimmy Carter wabaye Perezida w’Amerika yitabye Imana

December 30, 2024
Imikino

Abarakare bazukiye kuri Kiyovu Sports,Musaze ku mwanya wa 2.

January 20, 2024
Imyidagaduro

Platini n’abahanzi bazamufasha mu gitaramo yise Baba Experience bamaze impungenge abazakitabira

March 30, 2024
Imyidagaduro

Ibyo muri P Square bikomeje kuba agatereranzamba bongeye gusubiranamo

August 13, 2024
Andi makuru

Rosette yongeye guca agahigo i Gahanga aseruka yambaye ikanzu y’abageni ku kwamamaza Kagame

July 13, 2024
Andi makuru

Truong My Lan ushinjwa kwiba miliyari 27 z’amadorali yakatiwe igihano cy’Urupfu

December 3, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?