SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yayoboye Inama nkuru ya gisirikare
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Kagame yayoboye Inama nkuru ya gisirikare
Andi makuru

Perezida Kagame yayoboye Inama nkuru ya gisirikare

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: November 15, 2023
Share
SHARE

Ni inama yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 15 Ugushyingo mu 2023.

Yitabiriwe n’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Lt Gen Mubarakh Muganga, Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda ndetse n’abandi basirikare n’abapolisi bakuru b’u Rwanda.

Iyi nama kandi yanitabiriwe n’abasirikare n’abapolisi bakuru bari mu kiruhuko cy’izabukuru.

Kugeza ubu ntiharatangazwa ingingo zaganiriweho muri iyi nama.

Ingabo z’u Rwanda ziza ku isonga mu kurinda ubusugire bw’abaturarwanda ndetse zinatanga umusanzu mu bikorwa bifitiye abaturage akamaro ndetse bigamije kubateza imbere.

Inshuro nyinshi, iyo Perezida Kagame yahuye n’abayobozi bakuru b’Ingabo z’u Rwanda, akunda kubashishikariza gukorana umurava inshingano zabo, gukomera ku kinyabupfura n’amahame biranga RDF.

Iyi nama iba buri mwaka, ifatirwamo imyanzuro itandukanye. Yitabirwa n’abayobozi barimo Minisitiri w’Ingabo, Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda, Abagaba b’Ingabo, Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, abayobozi ba za Diviziyo, abayobozi b’ibigo by’amashuri ya gisirikare n’ibitaro n’abandi bayobozi bakuru mu Ngabo z’u Rwanda.

Inama nk’iyi yaherukaga muri Gicurasi mu 2022.

Abanyarwenya Kigingi na Dr. Hilary Okello batumiwe mu gitaramo cyo kwizihiza imyaka ibiri ya Gen Z Comedy
Raila Odinga yoherejwe muri Sudan y’Epfo nk’intumwa idasanzwe ya Kenya
Uwahoze ari Ministiri w’Intebe wa Thailand, Thaksin Shinawatra yatawe muri yombi
Truong My Lan ushinjwa kwiba miliyari 27 z’amadorali yakatiwe igihano cy’Urupfu
Perezida Evariste Ndayishimiye yongeye kuvuga ko u Rwanda ari nyirabayazana w’ibibazo byo mu karere
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Cyusa Ibrahin n’Iganzo Ngari bunamiye Abatutsi bashyinguye mu rwibutso rwa Kigali

April 29, 2024

Trick To Online Pokies

September 5, 2023

Heartthrob Pokies

May 28, 2024

Free Online Slots No Deposit Win Ireland 2023

May 11, 2019

Nsw Online Bookmakers

May 28, 2024

Aztec King Slot

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?