SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ikipe ya Bugesera yatandukanye n’umutoza Eric Nshimiyimana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Ikipe ya Bugesera yatandukanye n’umutoza Eric Nshimiyimana
Imikino

Ikipe ya Bugesera yatandukanye n’umutoza Eric Nshimiyimana

Muhire Jimmy
Last updated: 2023/11/14 at 11:32 AM
Muhire Jimmy
Share
2 Min Read
SHARE

Ikipe ya Bugesera fc yamaze gutandukana n’uwari umutoza wayo Eri Nshimiyimana nk’uko ibinyujije kuri Twitter { X} yayo aho yavuze ko habayeho gutandukana k’ubwumvikane bw’impande zombi.

Mu cyumweru gishize ni bwo habaye inama ya Komite Nyobozi ya Bugesera FC yiga ku gituma ikipe ikomeje kubura amanota no kuhazaza h’umutoza Eric Nshimiyimana.

Amakuru avuga ko iyi komite yanatekereje kwicarana na Eric Nshimiyimana bagasesa amasezerano hakaba hazanwa undi mushya ibi rero byaje kugerwaho habaho gutandukana .

Eric Nshimiyimana yamaze gutandukana na Bugesera Fc kubera umusaruro muke

Eric Nshimiyimana winjiye muri Bugesera FC mu mwaka ushize w’imikino, ntabwo yagize intangiriro nziza za shampiyona ya 2023-24 aho ubu iyi kipe ari yo iri ku mwanya wa nyuma n’amanota 9 mu mikino 10 (yatsinzemo 2 anganya 3 atsindwa 5).

Uyu mutoza yari amaze amezi 10 n’iminsi 18.

Amakuru avuga ko   Bugesera FC ishobora guhita imusimbuza Haringingo Francis cyane ko na we yemereye iyi kipe ko ahari kandi nta kibazo afite cyo kuba yayitoza.

Haringingo Francis mu muryango winjira muri Bugesera FC

Haringingo Francis yatoje amakipe nka Mukura VS, Kiyovu Sports, Rayon Sports na Police FC.

Eric Nshimiyimana byanze muri Bugesera FC

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Muhire Jimmy November 14, 2023 November 14, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruImikino

Inferno Lounge Bar yateguriye abakiliya bayo amarushanwa ya Pool Table

September 20, 2023
Andi makuru

U Rwanda rwatangaje icyatumye inama yagombaga guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi itaba

December 15, 2024
Andi makuru

Col. Mike Mikombe yakatiwe gufungwa burundu azira kwica abantu 50 i Goma

October 3, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Cecile Kayirebwa,Muyango ,Ruti Joel Bizeje abazitabira igitaramo cya Mtn Iwacu na Muzika igitaramo cy’amateka

November 22, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yageze i Seoul mu nama ya Korea-Africa Summit mu

June 2, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yashimangiye ko AI ari ingenzi mu iterambere ry’Afurika

April 3, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?