SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Big Eye yatangaje ko azongera kwemera akazi umwaka utaha kubera Bobi Wine
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Big Eye yatangaje ko azongera kwemera akazi umwaka utaha kubera Bobi Wine
Imyidagaduro

Umuhanzi Big Eye yatangaje ko azongera kwemera akazi umwaka utaha kubera Bobi Wine

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/11/08 at 3:52 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi  Ibrahim Mayanja  uzwi ku izina rya Big Eye ni umwe  mu bahanzi   bishimye  cyane  mu gihugu cya Uganda  nyuma y’iminsi mike yinjiye mw’ishyaka  National Unity Platform ry’Umuhanzi  Bobi  wine yatangaje ko  ariwe muhanzi  ufte akazi kenshi  muri iyi minsi .

Mu kiganiro yagiranye na televiziyo imwe yo muri  Uganda  yagize ati: “Ndi umuhanzi  wamamaye cyane muri Uganda muri iki gihe, kandi mu by’ukuri mfite akazi kazagera  umwaka  utaha   kugeza n’ubu  abategura  ibitaramo bakomeje  kuzmpa akazi ariko  sinzaboneka  kuko mfite  ibitaramo mu  bice bitandukanye by’Isi .

Uyu muhanzi  Big Eye yasobanuye ko abategura  ibitaramo mu gihugu  cya Uganda babanje  gutinya  kumuha akazi  bazi ari umuhanzi udashoboye cyangwa yatumirwa mu bitaramo  agaterwa  amacupa  ,ariko kugeza  ubu   nibo bari gufata  iya mbere  yo kumusaba  gukorana nawe nyuma  yo guhabwa umugisha  na  Bobi wine  .

Big eye  ubusanzwe azwi mu ndirimbo nka  ndi Single,Nsaba Bukome ,Husband Material,Connection ,Obasinze

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul November 8, 2023 November 8, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Abanyarwenya bitabiriye Gen-Z Comedy bahembuye imitima ya bimwe mu byamamare byari byatabiriye igitaramo cyabo.

May 5, 2023
Imyidagaduro

Justin Bierber n’umugore Hailey Baldwin bagiye kwibaruka imfura yabo

May 10, 2024
Andi makuru

Students of the Dr Alfred Paul Jahn Foundation visit his grave before returning to school

September 5, 2024
Imyidagaduro

Fally Merci yiseguye kubatarabashije kwinjira mu gitaramo abizeza kubashumbusha

March 29, 2024
Andi makuru

Gen Kainerugaba yahishuye ko muri 2026 bazakuraho itegeko rihana abaryamana bahuje ibitsina

January 3, 2025
Andi makuru

1000 Hills event igiye gutanga ibihembo byiswe “Rwanda Women in Business Awards 2024

February 26, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?