SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuraperi Kendrick Lamar ategerejwe i kigali mu bitaramo cyiswe Move Afrika: Rwanda”
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Umuraperi Kendrick Lamar ategerejwe i kigali mu bitaramo cyiswe Move Afrika: Rwanda”
Andi makuru

Umuraperi Kendrick Lamar ategerejwe i kigali mu bitaramo cyiswe Move Afrika: Rwanda”

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/11/03 at 12:13 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuraperi Kendrick Lamar uri mu bakomeye muri muzika ku Isi, ategerejwe i Kigali mu gitaramo kizabera muri BK Arena ku wa 06 Ukuboza 2023.

Uyu muraperi azaba yitabiriye igitaramo cyiswe “Move Afrika: Rwanda” kiri gutegurwa na Global Citizen ku bufatanye n’ikigo cya PGLang cyashinzwe na Kendrick Lamar, afatanyije na Dave Free.

Amakuru yizewe atugeraho  avuga ko ibi bigo byasinyanye amasezerano y’imyaka itanu byateguye ibitaramo bizabera hirya no hino muri Afurika byiswe “Move Afrika: A Global Citizen Experience”.

Ku bufatanye n’Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB ibi bitaramo bya “Move Afrika: Rwanda” bizajya bibera i Kigali buri mwaka mu gihe cy’imyaka itanu iri imbere, ni ukuvuga kugeza mu 2028.

Itike ya make muri iki gitaramo ni ibihumbi 50Frw, mu gihe hari andi y’ibihumbi 85Frw n’ay’ibihumbi 100Frw nk’uko bigaragara ku rubuga rusanzwe rucururizwaho amatike y’ibitaramo bibera muri BK Arena.

Kendrick Lamar azava i Kigali akomeza ibitaramo afite muri Afurika dore ko azataramira no muri Afurika y’Epfo ku wa 9 Ukuboza 2023.

You Might Also Like

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Algeria (Amafoto)

Uganda : Ingabo za UPDF zaburijemo igitero cy’iterabwoba I Munyonyo hagwa babiri

Martin Fayulu udacana uwaka na Tshisekedi biyemeje gufatanya kurwanya Joseph Kabila

I Kigali hateraniye inama itegura ibikorwa by’ingabo za EAC biteza imbere abaturage

RIB yasabye abanyarwanda kwirinda ababashukisha akazi keza mu mahanga bizezwa ubuzima bwiza

Nsanzabera Jean Paul November 3, 2023 November 3, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

CAN 2023: Ishyirahamwe rya Ruhago muri Nigeria (NFF) ryatangaje impungege kuri Victor Osimhen

February 6, 2024
Imyidagaduro

Niyonzima Haruna yakiriwe nk’umwami mu ikipe ya Al Ta’awon

January 19, 2023
Imyidagaduro

Clapton Kibonge yashimiye umugore we n’inshuti ze zamubaye hafi mu burwayi bwe

May 26, 2024
Andi makuru

Ifi yitwa Hvaldimir bikekwa ko ari intasi z’abarusiya yabonywe muri Norvege

May 31, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Bruce Melodie yatumiwe mu gitaramo gisoza Primusic

July 7, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame na Emir wa Qatar bitabiriye F1 ya Qatar GP

December 2, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?