SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Col. Mike Mikombe yakatiwe gufungwa burundu azira kwica abantu 50 i Goma
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Col. Mike Mikombe yakatiwe gufungwa burundu azira kwica abantu 50 i Goma
Andi makuru

Col. Mike Mikombe yakatiwe gufungwa burundu azira kwica abantu 50 i Goma

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/10/03 at 11:38 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
0 Min Read
SHARE

Urukiko rwa gisirikare rwo muri Kivu y’Amajyaruguru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, rwakatiye Col. Mike Mikombe igihano cy’igifungo cya burundu, nyuma yo kumuhamya ibyaha by’ubwicanyi byibasiye abasivile i Goma mu mpera za Kanama uyu mwaka.

Ku itariki 30 Kanama 2023, ni bwo ingabo za Congo by’umwihariko abashinzwe kurinda Perezida, ziraye mu baturage bari bagiye kwigaragambya bamagana ingabo za Loni (Monusco) zimaze imyaka isaga 20 muri Congo, zirabarasa kugeza ubwo abasaga 50 bahasize ubuzima.

Byakorewe mu gace ka Ndosho gaherereye mu bilometero icumi uvuye ku mupaka ugabanya u Rwanda na Congo uzwi nka Grande Barrière.

Mbere y’uko ingabo za Congo zirasa abaturage, bivugwa ko abo baturage bari bateguye kwigaragambya, bari baraye mu rusengero rugendera ku myizerere irimo iya gakondo, ruzwi nka Foi naturelle judaïque et messianique vers les nations.

Abatangabuhamya bavuga ko abasirikare bashinzwe kurinda Perezida babarizwaga i Goma, bazindutse kare cyane urwo rubyiruko rutarajya mu myigaragambyo, bagota urusengero urubyiruko rwari rwarayemo ari naho gushwana kwatangiriye kugeza benshi barashwe.

Mu isomwa ry’urubanza ryabaye kuri uyu wa Mbere ku mugoroba, Col. Mike Mikombe yakatiwe igifungo cya burundu ahamijwe ibyo byaha by’ubwicanyi anirukanwa mu gisirikare cya Congo.

Abandi basirikare batatu bo mu ngabo zirinda umukuru w’igihugu bakatiwe igifungo cy’imyaka 10 na bo bahamijwe ibyaha by’ubwicanyi.Ni mu gihe abandi babiri barimo Colonel Bawili na Idris Kabamba bagizwe abere.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul October 3, 2023 October 3, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Kagame yongeye gushimangira ko nta gihugu kigomba kugena uko ikindi kiyoborwa

September 5, 2024
Imyidagaduro

DopeDee Entertainment ya DJ Diddyman yasinyishije Annie Mutoniwase ukora indirimbo zo kuramya

February 28, 2024
Utuntu n'utundi

Eric X-Dealer yarekuwe by’agateganyo

November 24, 2023
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yunamiye Papa Francis witabye Imana

April 22, 2025
Imikino

Perezida Kagame yakiriwe na Infantino ku cyicaro cya FIFA i Paris

July 26, 2024
Imyidagaduro

Spice Diana yahishuye ko adafite gahunda yo kubyara vuba

March 27, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?