SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: TMC wahoze muri Deam Boys yatunguwe n’abahanzi nyarwanda baba muri Amerika kw’isabukuru ye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > TMC wahoze muri Deam Boys yatunguwe n’abahanzi nyarwanda baba muri Amerika kw’isabukuru ye
Imyidagaduro

TMC wahoze muri Deam Boys yatunguwe n’abahanzi nyarwanda baba muri Amerika kw’isabukuru ye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/09/26 at 1:46 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Mujyanama Claude wamamaye nka TMC mu itsinda rya Dream Boys kuri ubu uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yakorewe ibirori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko byitabiriwe n’abantu batandukanye biganjemo ibyamamare.

Ni ibirori byitabiriwe n’abahanzi barimo Princess Priscillah usigaye yarafashe izina rya Scillah mu muziki, Charly na Nina, Chistopher,Cedru, Emmy n’umugore we, Kitoko, Shaffy n’abandi.

Ibi birori byakurikiye igitaramo cya Christopher aba banyamuziki bitabiriye mu rwego rwo gushyigikira mugenzi wabo ku wa 23 Nzeri 2023.

TMC wizihizaga isabukuru y’amavuko ku wa 25 Nzeri 2023 asanzwe atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Arizona.

Uyu muhanzi wubatse izina mu itsinda rya Dream Boys, yerekeje muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Gashyantare 2020.

TMC yagiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kwiga

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul September 26, 2023 September 26, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Kenya Ports Authority yegukanye irushanwa rya ‘Zone V’ itsinze REG WBBC

November 5, 2023
Imyidagaduro

Kendrik Lamal yageze i Kigali ahishwe mu buryo bukomeye

December 5, 2023
Imyidagaduro

Cyusa Ibrahim yakeje Perezida Kagame mu gitaramo Migabo Live concert cyitabiriwe n’ababyeyi be (Amafoto)

June 9, 2024
Kwamamaza

Flavour of 1000 Hills’’ Festival izanye udushya mu myidagaduro yo mu Rwanda

May 16, 2024
Imyidagaduro

The Ben yashyize hanze indirimbo Plenty yari itegerejwe na benshi

September 27, 2024
Ubukungu

Ibigo byatanze serivise nziza muri 2023 byahembwe mu bihembo bya Consumers Choice Awards( Amafoto)

April 6, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?