SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Leta y’uBurundi yijeje ubufatanye bwiza n’abateguye igitaramo cya The Ben i Bujumbura
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Leta y’uBurundi yijeje ubufatanye bwiza n’abateguye igitaramo cya The Ben i Bujumbura
Imyidagaduro

Leta y’uBurundi yijeje ubufatanye bwiza n’abateguye igitaramo cya The Ben i Bujumbura

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/09/20 at 10:05 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
4 Min Read
SHARE

Ubuyobozi bw’igihugu cy’u Burundi kuri iyi nshuro bwagaragaje ko bwishimiye kwakira ibitaramo bya The Ben biteganijwe kuba ku itariki ya 30 Nzeri no ku ya 01 Ukwakira 2023

Ibi byemejwe ubwo Umuvugizi wa Minisiteri y’Umutekano mu gihugu cy’u Burundi witwa Pierre Nkurikiye yagiranaga ibiganiro n’abantu basanzwe bari muri gahunda yo gutegura ibi bitaramo by’uyu muhanzi biteganijwe kuba muri iki gihugu.

Ubuyobozi bwo muri iki gihugu bwavuze ko bwiteguye gufasha no gushyigikira ibi bitaramo bikazagenda neza nta kabuza.

Abasanzwe bari gutegura ibi bitaramo bavuga ko nubwo bari bandikiye ubuyobozi ndetse bakanabemerera kuba igitaramo cyaba, ibyo bitari bihagije ku gitaramo gikomeye nka kiriya ahubwo ko bari banakwiriye kujyayo, bakanahura bagasabana ndetse bakaba banabatumira muri icyo gitaramo, ku buryo ibintu bizarushaho kugenda neza.

Ibi byahise bikuraho urujijo kuri iki gitaramo abantu bari basanzwe bavugira mu matama ko gishobora kuzazamo kidobya uko byagenda kose.

Umuhanzi nawe uri mu bazaririmbana na The Ben,  Mugani Desire uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Big Fizzo aherutse kwandika mu minsi mike ishize ku rukuta rwe rwa WhatsApp ati “Ngo The Ben agiye kuza mu Burundi koko?? Amenye ko aje mu gace gafite ba nyirako.”.





Ubuyobozi bw’u Burundi bwakuyeho urujijo ku byavugwaga ku bitaramo bya The Ben

Dieudonne Kubwimana 20/09/2023 8:30









EVENTS ZIRIKUBA



MUSIC UP COMPETITION



SupraModel Rwanda Season 2



Tujyane Mwami



Rwanda Global Top Model Final-2ND Edition

More Events

Ubuyobozi bw’igihugu cy’u Burundi kuri iyi nshuro bwagaragaje ko bwishimiye kwakira ibitaramo bya The Ben biteganijwe kuba ku itariki ya 30 Nzeri no ku ya 01 Ukwakira 2023.

Ibi byemejwe ubwo Umuvugizi wa Minisiteri y’Umutekano mu gihugu cy’u Burundi witwa Pierre Nkurikiye yagiranaga ibiganiro n’abantu basanzwe bari muri gahunda yo gutegura ibi bitaramo by’uyu muhanzi biteganijwe kuba muri iki gihugu.

Ubuyobozi bwo muri iki gihugu bwavuze ko bwiteguye gufasha no gushyigikira ibi bitaramo bikazagenda neza nta kabuza.

Abasanzwe bari gutegura ibi bitaramo bavuga ko nubwo bari bandikiye ubuyobozi ndetse bakanabemerera kuba igitaramo cyaba, ibyo bitari bihagije ku gitaramo gikomeye nka kiriya ahubwo ko bari banakwiriye kujyayo, bakanahura bagasabana ndetse bakaba banabatumira muri icyo gitaramo, ku buryo ibintu bizarushaho kugenda neza.

Ibi byahise bikuraho urujijo kuri iki gitaramo abantu bari basanzwe bavugira mu matama ko gishobora kuzazamo kidobya uko byagenda kose.

Umuhanzi nawe uri mu bazaririmbana na The Ben,  Mugani Desire uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka Big Fizzo aherutse kwandika mu minsi mike ishize ku rukuta rwe rwa WhatsApp ati “Ngo The Ben agiye kuza mu Burundi koko?? Amenye ko aje mu gace gafite ba nyirako.”.

Abantu hano bahise batangira kugira urujijo rukomeye bitewe n’ibyo  n’aya magambo  yari yanditswe  na  Big Fizzo, cyane ko aba azi byinshi bihabera.

Abenshi bavugaga ko bishobora kuzaba ibibazo, uyu muhanzi The Ben nagerayo, cyane ko byagiye bihwihwiswa ko abasanzwe baba mu myidagaduro mu Burundi  batiyumvisha ukuntu abahanzi nyarwanda bava  mu Rwanda bakajya kubaryana amafaranga menshi nabo ubwabo umuhanzi wabo atarabasha kubona ndetse ko  bagakwiriye kuyasigarana.

Ibindi kandi byagarukagwaho, ni amakuru yahwihwiswaga ko hashobora kuba hari  abiyemeje kuvangira  igitaramo cya The Ben kugira ngo kitagenda neza.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul September 20, 2023 September 20, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubukungu

Sea2City yashyize igorora abatunze imbwa n’Injangwe muri Kigali

November 7, 2024
Imyidagaduro

Drake yavugishije abantu amangambure nyuma yo kugaragara akinisha igikinisho gifite ishusho y’igitsina

February 8, 2024
Imikino

Geoge Weah yemeje ko azitabira imikino yabakanyujijeho i Kigali

March 19, 2024
Andi makuru

Burundi: Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe agiye kujyanwa mu bushinjacyaha

April 27, 2023
Andi makuru

Imbamutima z’ubuyobozi bwa Kigali Universe nyuma yo gusurwa na Perezida Paul Kagame

December 28, 2024
Imyidagaduro

The Ben yiseguye ku muryango we nuwu mugore kubera ifoto bashyize hanze

December 30, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?