SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Rashid Son yashyize hanze indirimbo Africa ivuga ku mateka yayo (Video )
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Rashid Son yashyize hanze indirimbo Africa ivuga ku mateka yayo (Video )
Imyidagaduro

Umuhanzi Rashid Son yashyize hanze indirimbo Africa ivuga ku mateka yayo (Video )

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/09/02 at 12:33 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Umuhanzi Rudasingwa Rachid uzwi nka Rashid Son  wamenyekanye mu itsinda rya Sunlight Boyz my myaka yashize ndetse no mu ndirimbo nka Moto Fire ,Ni wowe  Die For u ,ndi ku musara ni zindi nyinshi nyuma igihe kinini  atigaragaza cyane mu ruhando rwa muzika hano mu Rwanda yashyize hanze indirimbo ye nshya yise afurika .

 

Uu musoe ufite impano yo kuririmba indirimbo zitanga ubutumwa busanzwe bw’ ubuzima busanzwe tubamo buri munsi  nyuma yígihe  kirenga umwaka ahugiye mu bindi bintu bitari muzika yongeye abyutsa impano ye akora indirimbo yise Afurika ivuga ku mateka y’umugabane w’Afurika ndetse no ku ntwari zawo zaharaniye  ubwigenge bwayo .

Mu kiganiro yagiranye na Ahupa  Visual Radio Rashid son yadutangarije byinshi  yari ahugiyemo ndetse ni icyatumye  iyi ndirimbo nshya ayita afurika .

Yagize ati “nkuko mu bizi mu myaka ishize nkíbiri cyangwa umwe nígice isi yose yahuye n’’icyorezo  cya Covid -19  cyahagaritse ubuzima bwa benshi  kw’isi harimo natwe abahanzi  ku buryo benshi muri twe twahuye níbibazo by’ ubushobozi bwo kongera gusubira muri studio gukora indirimbo twari twaranditse   nahisemo gukomeza akazi kanjye gasanzwe  kugira nisuganye  nsubire muri Studio nongere nkore .

Rashid yakomeje agira ati “nubwo muri iyo myaka yose mu Rwanda havutse abahanzi benshi bashya bakanakora ntago byigeze binca integer ahubwo nakoranye ingufu kuira ngo ngaruke mu kiuga mfite igihangano cyiza kandi gifite amashusho meza  akab ariyo mpamvu  nashyize hanze indirimbo Africa .

Yadutangarije ko indirimbo afurika  ikubiyemo ibintu byinshi  byagiye biranga umugabane wacu wa Afurika aho  avuga ibyiza byawo ndetse níbibazo uhura nabyo buri gihe ugafatwa nk’umugabane  utagira ico wimariye kandi ubitse byinshi bikenerwa n’abanyaburayi  .

Ikindi yadutangarije núko yashakaga kugagariza abanyafurika ko ari umugabane wagize abagabo b’ intwari bagaragaje ubutwari bukomeye kugira ngo bibohore ingoma ya bagashabuhake nka  Patrice Lumumba ,Thomas sanka ,Fred Rwigema , Samora Machel  na bandi benshi bigomwe ubuzima bwabo ariko bagasiga abanyafurika bafite ijambo mu ruhando rw’isi .

Mu gusoza twamubajie imigabo n’imigambi afite muri iyi minsi aduhamiriza ko nyuma y’ indirimbo afurika  afite izindi agiye gushyira hanze  mu minsi ya vuba anaduhamiriza ko ari no gutegura kubamurikira alubumu ye   nshya azashyira hanze mu minsi ya Vuba.

 

You Might Also Like

The Ben ,Diamond ,Bebe Cool na Eddy Kenzo bayuze abaitabiriye igitaramo cya Coffe Marathon UG (Amafoto

Jose Chameleone na Murumuna we bunamiye inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi zishinguye mu Rwibutso rwa Gisozi

Bishop Gafaranga yasabiwe n’urukiko gufungwa iminsi 30

Jennifer Lopez yajyanywe mu rukiko kubera amafoto ye

Jose Chameleon yageze I Kigali aherekejwe na Teta Sandra yanga kuganira n’itangazamakuru

Nsanzabera Jean Paul September 2, 2023 September 2, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Gabiro Guitar yateguye ibitaramo yise “‘Gabiro Guitar Live Experience)

January 11, 2024
Andi makuru

Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro yamaganye ibyo Amerika iri gukora

November 19, 2024
Imyidagaduro

Mutoni Assia yibarutse imfura

June 20, 2023
ImyidagaduroIyobokamana

Igitaramo cya James na Daniella cyimuriwe umunsi

June 1, 2023
Imyidagaduro

Menya byinshi kuri Stiff Person Syndrome indwara imereye nabi Celine Dion

January 31, 2024
Imyidagaduro

Sheilah Gashumba arakekwaho gucuruza abakobwa

December 2, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?