SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Rashid Son yashyize hanze indirimbo Africa ivuga ku mateka yayo (Video )
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Rashid Son yashyize hanze indirimbo Africa ivuga ku mateka yayo (Video )
Imyidagaduro

Umuhanzi Rashid Son yashyize hanze indirimbo Africa ivuga ku mateka yayo (Video )

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/09/02 at 12:33 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Umuhanzi Rudasingwa Rachid uzwi nka Rashid Son  wamenyekanye mu itsinda rya Sunlight Boyz my myaka yashize ndetse no mu ndirimbo nka Moto Fire ,Ni wowe  Die For u ,ndi ku musara ni zindi nyinshi nyuma igihe kinini  atigaragaza cyane mu ruhando rwa muzika hano mu Rwanda yashyize hanze indirimbo ye nshya yise afurika .

 

Uu musoe ufite impano yo kuririmba indirimbo zitanga ubutumwa busanzwe bw’ ubuzima busanzwe tubamo buri munsi  nyuma yígihe  kirenga umwaka ahugiye mu bindi bintu bitari muzika yongeye abyutsa impano ye akora indirimbo yise Afurika ivuga ku mateka y’umugabane w’Afurika ndetse no ku ntwari zawo zaharaniye  ubwigenge bwayo .

Mu kiganiro yagiranye na Ahupa  Visual Radio Rashid son yadutangarije byinshi  yari ahugiyemo ndetse ni icyatumye  iyi ndirimbo nshya ayita afurika .

Yagize ati “nkuko mu bizi mu myaka ishize nkíbiri cyangwa umwe nígice isi yose yahuye n’’icyorezo  cya Covid -19  cyahagaritse ubuzima bwa benshi  kw’isi harimo natwe abahanzi  ku buryo benshi muri twe twahuye níbibazo by’ ubushobozi bwo kongera gusubira muri studio gukora indirimbo twari twaranditse   nahisemo gukomeza akazi kanjye gasanzwe  kugira nisuganye  nsubire muri Studio nongere nkore .

Rashid yakomeje agira ati “nubwo muri iyo myaka yose mu Rwanda havutse abahanzi benshi bashya bakanakora ntago byigeze binca integer ahubwo nakoranye ingufu kuira ngo ngaruke mu kiuga mfite igihangano cyiza kandi gifite amashusho meza  akab ariyo mpamvu  nashyize hanze indirimbo Africa .

Yadutangarije ko indirimbo afurika  ikubiyemo ibintu byinshi  byagiye biranga umugabane wacu wa Afurika aho  avuga ibyiza byawo ndetse níbibazo uhura nabyo buri gihe ugafatwa nk’umugabane  utagira ico wimariye kandi ubitse byinshi bikenerwa n’abanyaburayi  .

Ikindi yadutangarije núko yashakaga kugagariza abanyafurika ko ari umugabane wagize abagabo b’ intwari bagaragaje ubutwari bukomeye kugira ngo bibohore ingoma ya bagashabuhake nka  Patrice Lumumba ,Thomas sanka ,Fred Rwigema , Samora Machel  na bandi benshi bigomwe ubuzima bwabo ariko bagasiga abanyafurika bafite ijambo mu ruhando rw’isi .

Mu gusoza twamubajie imigabo n’imigambi afite muri iyi minsi aduhamiriza ko nyuma y’ indirimbo afurika  afite izindi agiye gushyira hanze  mu minsi ya vuba anaduhamiriza ko ari no gutegura kubamurikira alubumu ye   nshya azashyira hanze mu minsi ya Vuba.

 

You Might Also Like

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Rihanna na A$ap bagiye kwibaruka umwana wa gatatu

Nsanzabera Jean Paul September 2, 2023 September 2, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Kwamamaza

Israel Mbonyi yagizwe Brand Ambassador w’ikinyobwa cya Maltona gikorwa na Skol

July 26, 2024
Imyidagaduro

Sonia yahagaritse gufasha umushinga wa Maisha Africa

March 9, 2023
Andi makuru

Abantu 76 barokotse impanuka y’indege ya Delta Airlines

February 18, 2025
Andi makuru

#Kwibuka31: Abanyarwanda baba muri UAE bibutse abazize Jenoside yakorewe abatutsi 1994

April 8, 2025
Imikino

Perezida Kagame yakiriwe na Infantino ku cyicaro cya FIFA i Paris

July 26, 2024
Andi makuru

Perezida Donald Trump yijeje amakuru meza hagati y’u Rwanda na DRC

April 29, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?