SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Uburusiya bwashyize impapuro zo guta muri yombi umucamanza Tomoko Akane wa ICC
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Uburusiya bwashyize impapuro zo guta muri yombi umucamanza Tomoko Akane wa ICC
Andi makuru

Uburusiya bwashyize impapuro zo guta muri yombi umucamanza Tomoko Akane wa ICC

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/08/17 at 5:50 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

U Burusiya bwasohoye inyandiko zo guta muri yombi umucamanza mu Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, Tomoko Akane mu rwego rwo gucubya ubukana bw’uru rukiko ku gukurikirana Perezida Vladimir Putin.

Tomoko abaye umukozi wa kabiri w’uru rukiko u Burusiya bushyiriyeho impapuro zo guta muri yombi kuko n’Umushinjacyaha Mukuru wa ICC, Karim Khan yamaze gushyirirwaho inyandiko zimuta muri yombi.

Ibyo byakozwe nyuma y’uko uru rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyize hanze inyandiko zo guta muri yombi Perezida Vladimir Putin ngo rumukurikiraneho ibyaha birimo iby’intambara no kuba hari abana bagiye bashimutwa muri Ukraine bakajyanwa mu Burusiya binyuranyije amategeko.

Perezida Putin we yakunze kugaragaza ko abo bana bagiye bavanwa ahari kubera intambara ndetse bamwe banahawe imiryango igomba kubitaho aho kuba kubashimuta nk’uko ibihugu bishyigikiye Ukraine mu ntambara bibivuga.

Nyuma yo gushyirirwaho impapuro zo kumuta muri yombi, Perezida Putin yazamaganiye kure ndetse n’abayobozi mu nzego zitandukanye mu Burusiya bagaragaza ko zidakwiye guhabwa agaciro kuko zinyuranyije n’amategeko.

Ibyo byatumye u Burusiya mu gisa n’ihangana busohora inyandiko zo guta muri yombi Umushinjacyaha Mukuru wa ICC, Karim Khan.

Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 1 Kamena 2023, ICC yongeye gutangaza ko u Burusiya bwasohoye inyandiko zo guta muri yombi undi mucamanza muri uru rukiko. Uwashyiriweho inyandiko zo kumufata ni Tomoko Akane.

You Might Also Like

AFC/M23 yahishuye ko yagiranye ibiganiro na Joseph Kabila

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

Mexico : Itsinda rya abasore 5 rya Grupo Fugitivo bishwe abacuruzi b’ibiyobyabwenge

DRC :Inteko ishinga amategeko ishinga amategeko yakuyeho ubudahangarwa kuri Minisitiri Constant Mutamba

Agakiriro ka gakinjiro kafashwe n’inkongi y’umuriro hatikiriramo byinshi

Nsanzabera Jean Paul August 17, 2023 August 2, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Umunyarwanda Derrick Irutingabo yarasiwe mu isabukuru muri Amerika

May 10, 2023
Imyidagaduro

The Ben yasezeye bwa Nyuma kuri Nyirakuru uherutse kwitaba Imana amuvuga imyato

April 5, 2024
Andi makuru

RIB yataye muri yombi Ntazinda Erasme wari Meya wa Nyanza

April 16, 2025
Andi makuru

#Kwibuka31: Intumwa yihariye ya Donald Trump yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

April 9, 2025
Imyidagaduro

Kigali Comedy Club ije ari igisubizo ku bakunzi b’urwenya muri Kigali

August 21, 2024
Imyidagaduro

Uwicyeza Pamella witegura kurushinga na The Ben yakorewe ibirori bya Bridal Shower

November 19, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?