SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Jack Ross wakoranye na Producer Junior yashenguwe n’urupfu rwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Jack Ross wakoranye na Producer Junior yashenguwe n’urupfu rwe
Andi makuruImyidagaduro

Jack Ross wakoranye na Producer Junior yashenguwe n’urupfu rwe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/07/31 at 10:39 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Jacques Uwizeyimana wamenyekanye nka Jack Ross mu nzu itunganya umuziki ya Bridge Records music mu mwaka wa 2011 Aho yakoranaga na Producer Junior Multi system yashenguwe n’urupfu rwe.

Uyu mugabo usanzwe akorera ibikorwa bye mu gihugu cya Canada nyuma yaho ku wa Kane tariki ya 27 Nyakanga 2023 ubwo inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Producer Junior Multi System yamenyekanaga mu masaha ya Nimugoroba ni umwe mubafite aho bahuriye na muzika Nyarwanda bashenguwe narwo kabone ko bakoranye igihe kitari gito muri Bridge Records Music.

Mu kiganiro yagiranye na AHUPA VISUAL RADIO. Jack Ross mu gahinda kenshi yadutangarije ko kugeza ubu yashenguwe n’urupfu rwa Junior n’umuntu bakoranye imishinga myinshi.

Jack Ross yagize ati ” kuva mu mwaka wa 2011 ubwo natangizaga ibikorwa bya Bridge Records Music Producer Junior ni umwe mubo twakoranye twabanye neza yakoze kuri zimwe mu ndirimbo z’abahanzi bakomeye mu Rwanda.

Jack Ross yaboneyeho kuvuga zimwe mu ndirimbo zakorewe muri Bridge Records na Producer Junior kandi avuga ko ari izi bihe byose.

Mu gusoza Jack Ross yongeye gushimangira ko ibikorwa byakozwe na Producer Junior ari ingirakamaro kandi bitazibagirana mu mitima y’abanyarwanda kandi ko azahora yibukirwa ku mutima mwiza yagiraga amwifuriza kuruhukira mu mahoro.

 

DORE ZIMWE MU NDIRIMBO ZAKOZWE NA JUNIOR MULTI SYSTEM

You Might Also Like

Papa Leon XIV yakiriye Perezida Zelensky i Vatikani

U Rwanda rwasabye kwakira amashami y’umuryango w’abibumbye i Kigali

Joe Biden wahoze ayobora USA yasanzwemo Cancer ya Prostate yo mu rwego rwo hejuru

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

Nsanzabera Jean Paul July 31, 2023 July 31, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Harmonize yashimiye Perezida Kagame ibyiza amaze kugeza ku Rwanda

April 12, 2023
Imyidagaduro

Burna Boy yatamajwe n’agatama ku rubyiniro mu gitaramo yakoreye I Kosovo

July 29, 2024
Imyidagaduro

Sheebah Karungi yongeye kwihenura ku bagabo ashimangira ko adashishikajwe n’amafaranga yabo .

March 13, 2023
Andi makuru

Filipe Nyusi wa Mozambique yashimiye Kagame wegukanye intsinzi mu matora

July 17, 2024
Andi makuru

Brig Gen (Rtd) Rusagara yitabye Imana

March 26, 2025
Imyidagaduro

Umunyarwenya Mazimpaka Japhet yateguye ibitaramo bizazenguruka Kaminuza zo mu Rwanda

June 13, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?