SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Jack Ross wakoranye na Producer Junior yashenguwe n’urupfu rwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Jack Ross wakoranye na Producer Junior yashenguwe n’urupfu rwe
Andi makuruImyidagaduro

Jack Ross wakoranye na Producer Junior yashenguwe n’urupfu rwe

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: July 31, 2023
Share
SHARE

Jacques Uwizeyimana wamenyekanye nka Jack Ross mu nzu itunganya umuziki ya Bridge Records music mu mwaka wa 2011 Aho yakoranaga na Producer Junior Multi system yashenguwe n’urupfu rwe.

Uyu mugabo usanzwe akorera ibikorwa bye mu gihugu cya Canada nyuma yaho ku wa Kane tariki ya 27 Nyakanga 2023 ubwo inkuru y’incamugongo y’urupfu rwa Producer Junior Multi System yamenyekanaga mu masaha ya Nimugoroba ni umwe mubafite aho bahuriye na muzika Nyarwanda bashenguwe narwo kabone ko bakoranye igihe kitari gito muri Bridge Records Music.

Mu kiganiro yagiranye na AHUPA VISUAL RADIO. Jack Ross mu gahinda kenshi yadutangarije ko kugeza ubu yashenguwe n’urupfu rwa Junior n’umuntu bakoranye imishinga myinshi.

Jack Ross yagize ati ” kuva mu mwaka wa 2011 ubwo natangizaga ibikorwa bya Bridge Records Music Producer Junior ni umwe mubo twakoranye twabanye neza yakoze kuri zimwe mu ndirimbo z’abahanzi bakomeye mu Rwanda.

Jack Ross yaboneyeho kuvuga zimwe mu ndirimbo zakorewe muri Bridge Records na Producer Junior kandi avuga ko ari izi bihe byose.

Mu gusoza Jack Ross yongeye gushimangira ko ibikorwa byakozwe na Producer Junior ari ingirakamaro kandi bitazibagirana mu mitima y’abanyarwanda kandi ko azahora yibukirwa ku mutima mwiza yagiraga amwifuriza kuruhukira mu mahoro.

 

DORE ZIMWE MU NDIRIMBO ZAKOZWE NA JUNIOR MULTI SYSTEM

Perezida Kagame  yasabye ko ababyeyi baha abana inzoga bajya bahanwa
Perezida Paul Kagame yunamiye Papa Francis witabye Imana
Neg G mu gahinda kenshi nyuma yo gupfusha umwana
Burundi: Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe agiye kujyanwa mu bushinjacyaha
Gasogi United ya KNC yageze muri ¼ cyígikombe cy’amahoro
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

What Are The Best Online Casinos For Playing Pokies And Winning In Australia

September 5, 2023

Rocket Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Calzone Casino Review And Free Chips Bonus

February 25, 2025

La Reina Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Sandown Pokies Trading Hours

May 28, 2024
Imyidagaduro

Umuhanzi Javanix yashyize hanze indirimbo yise Abachou ijambo rikunzwe cya ku mbuga nkoranyambaga

February 9, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?