SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umunyamakuru Khamis Sango yambitse impeta umukunzi we Ikirezi Sallouah (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umunyamakuru Khamis Sango yambitse impeta umukunzi we Ikirezi Sallouah (Amafoto)
Imyidagaduro

Umunyamakuru Khamis Sango yambitse impeta umukunzi we Ikirezi Sallouah (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/07/06 at 12:35 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Abanyamakuru bakomeje gukora ubukwe aho nyuma ya Ismael Mwanafunzi uheruka kurushinga, ubu haravugwa ubukwe bwa Khamis Sango Umunyamakuru wa Radio na TV 10 aho agiye kurushingana na Ikirezi Sallouah 

Abasore by’Umwihariko Abanyamakuru bakomeje kugenda bava mu muryango w’Ingaramakirambi bagahitamo kurushinga bakubaka umuryango.

Kugeza ubu haravugwa ubukwe bw’Umunyamakuru Khamis Sango wa Radio na TV 10 wamaze kwambika  impeta y’urukundo umukobwa uzwi ku izina rya Ikirezi Sallouah bamaze imyaka 12 bakundana maze amusaba ko yamubera umugore bakazabana akaramata.

Khamis Sango wamamaye cyane mu Kiganiro The Over Drive yambitse impeta umwari bamaranye imyaka itari mike bari mu munyenga w’urukundo aho aba bombi bemeranyije kubana bakubaka umuryango uzabakomokaho.

Khamiss Sango ni umwe mu banyamakuru basanzwe ari abayobozi b’ibiganiro by’imyidagaduro kuri Radio&TV10 aho akorana na Kate Gustave n’abandi,….

Umuryango mugari wa Radio na TV 10 wifurije ishya n’ihirwe aba bombi bashimira uyu musore intambwe y’abagabo ateye.

Ku ruhande rw’uyu mukobwa nta byinshi bimuzwiho gusa akaba ari umwemera wo idini y’Abayislam aho bivugwa ko yaba ari n’umunyamideri ariko utarabishingamo imizi.

Ubukwe bw’aba bombi butegerejwe mu minsi ya vuba bukaba buzabera mu idini ya Islam aho imyemerere y’aba bombi yabaganishije kugeza ubu.

Uyu Munyamakuru Khamis Sango yanyuze mu bitangazamakuru binyuranye bya hano mu Rwanda aho twavuga nko kuri Radio Salus, Radio B&B aho yavuye ajya kuri Radio TV10 akorera kugeza ubu

K

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul July 6, 2023 July 6, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Umunyamabanga Mukuru wa Loni arasaba abarwana mu burasirazuba bwa RDC gutanga amahoro

February 7, 2025
Imikino

Ruracyageretse hagati ya Juvénal na ’Général’ umushinja kuroga Kiyovu Sports!

January 3, 2024
Andi makuru

Madamu Jeannette Kagame yakiriye Abayobozi ba NBA Africa na BAL

March 20, 2024
Imikino

Peace Cup: Gasogi United isezereye APR FC

February 21, 2024
Imyidagaduro

The Same Abiru bashyize hanze indirimbo Kunda Cyane batuye abakundana ( Video )

November 28, 2024
Imikino

Dusobanukirwe umukino wa Fencing

January 1, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?