SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mr kagame azataramira abazitabira ibirori bya Karisimbi Summer Festival2023 i Rubavu
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Mr kagame azataramira abazitabira ibirori bya Karisimbi Summer Festival2023 i Rubavu
Imyidagaduro

Mr kagame azataramira abazitabira ibirori bya Karisimbi Summer Festival2023 i Rubavu

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/06/21 at 10:28 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Mu gihe abnayrwanda ndetse n’abakunzi  b’imyidagaduro mu Rwanda kwinjira mu bihe  by’impeshi benshi bazi nka  Summer aho benshi mu bantu bafata umwanya wo kujya kuruhukira hensi mu hantu nyaburanga   ,uyu mwaka  Karisimbi Event  yabateguriye  ibiror yise  Kaisimbi Summer Festival bizabera mu karere ka Rubavu ku nkngero z’iiyaga cya Kivu aho batumiye  umuhanzi Mr Kagame .

Kalisimbi Events isanzwe itegura ibitaramo hamwe n’amarushanwa yo guhemba ibyamamare n’abandi batanga serivisi nziza mu Rwanda yateguye ibir birori kugira ngo abantu babashe kuruhuaka mu mutwe nyuma y’amezi arenga atandatu baba bamaze bari mu mirimo ikomeye .

Mugisha Emmanuel uyobora Karisimi Event  yatangarije Ahupa Visual Radio  ko abifuza kuzifatanya nabo  muri ibyo birori ko hari imodoka zizatwara abantu ndetse ko ku babishaka bazabaha naho kurara.

yaize Ati ”Iriya ni weekend izaba ari ndende kubera imisi y’ibiruhuko izaba irimo  niyo mpamvu twahisemo kujya gukorera igitaramo i Rubavu kugirango abantu banaruhuke mu mutwe muri iyo minsi bafata amafu ku mazi dore ko turi no mu bihe by’izuba.”

Ku munsi wa mbere abantu bazataramirwa n’umuhazi Mr Kagame, bukeye bwaho habeho Silent Disco izaba irimo aba Djs nka Dj Theo, Selector Daddy na Tasha The Dj.

Abazava i Kigali bazishyura ibihumbi 70frw ku muntu umwe naho abakundana (couple) bishyure ibihumbi 100frw. Mubyo bazahabwa harimo imodoka kuva i Kigali, aho kurara, kurya ibya mu gitondo no gutembera ku mashyuza no guhabwa ecouteur z’ubuntu mu gitaramo cy’umunsi wa kabiri.

Ibirori bya Kalisimbi Summer Festival biteganyijwe ko bizaba taliki ya 1 Nyakanga 2023, ibere kuri Kivu Park Hotel. Aho kwinjira ku muryango ahazabera igitaramo bizaba ari ibihumbi 5000frw, 10,000frw mu myanya y’icyubahiro n’ibihumbi 50frw ku meza y’abantu batandatu.

 

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

Nsanzabera Jean Paul June 21, 2023 June 21, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umuryango w’umunyamakuru Julius Chita uri mu byishimo nyuma yo kwibaruka ubuheta

May 1, 2024
Ikoranabuhanga

Porsche igiye gushyira ku isoko imodoka ya kabiri ikoresha amashanyarazi

January 26, 2024
Imyidagaduro

Elton John yahishuye ko arembejwe n’Indwara yo kutabona

December 2, 2024
Ubukungu

Ikigo Dongfeng Motor kiritegura guteranyiriza Imodoka mu Rwanda

November 20, 2023
Imikino

Tour du Rwanda 2024: Umunya Israel yegukanye agace ka 7

February 24, 2024
Ubukungu

Tic Tac Restaurant & Lounge yahembwe nka Fast Food nziza y’umwaka muri SEA 2024

November 27, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?