SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Wayre, Levixone na Daddy Andre bageze I Kigali aho baje gutarama muri Kigali Jazz Junction
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Wayre, Levixone na Daddy Andre bageze I Kigali aho baje gutarama muri Kigali Jazz Junction
Imyidagaduro

Wayre, Levixone na Daddy Andre bageze I Kigali aho baje gutarama muri Kigali Jazz Junction

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/29 at 9:48 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Abahanzi Wayre, Levixone na Daddy Andre batumiwe mu gitaramo cya Kigali Jazz Junction gitegerejwe ku wa 31 Werurwe 2023 bageze i Kigali mu ijoro ryo ku wa 28 Werurwe 2023.

Aba bahanzi bageze i Kigali bagaragaza akanyamuneza mu maso bijeje abakunzi babo igitaramo cyiza, basaba abakunzi b’umuziki mu Rwanda kuzitabira ari benshi.

Aba bahanzi bategerejwe mu gitaramo kimwe na Alyn Sano, kikazabera ahitwa Camp Kigali.

Iki gitaramo ngarukakwezi cya Kigali Jazz Junction kiri mu ruhurirane rw’ibitaramo bitegurwa na RG Consult Inc iyoborwa na Remygious Lubega.

Daddy Andre watangiye umuziki atunganya amajwi y’indirimbo (Producer) no kwandika indirimbo, ubu ni umwe mu bakunzwe n’abatari bake muri muzika ya Uganda.

Akunzwe mu ndirimbo zirimo Tugende mu church , Sikikukweka ,Omwana Wabandi, Abasinga yakoranye na John Blaq, Empeta yakoranye na Mikie Wine, n’izindi.

Umuhanzi Kevin Wyre wo muri Kenya nawe wageze i Kigali ari rutonde rw’abazataramira abazitabira igitaramo cya Kigali Jazz Junction.

Uyu Kevin Wyre amenyerewe mu muziki wa R&B yiganjemo Reggae muri Kenya, yatangiye gukora umuziki ahagana 1999. Yakuriye mu itsinda rya Necessary Noize na East African Bashment Crew.

Nyuma yo kuva muri aya matsinda, Wyre yakomeje gukora umuziki ku giti cye, ubu amaze gukora album ebyiri zirimo iyo yise “Definition of a Lovechild” yakoze mu 2006 na ’Ten Years Wiser’ yamuritse mu 2010, igaruka ku rugendo rwe rwa muzika mu myaka 10.

You Might Also Like

The Ben ,Diamond ,Bebe Cool na Eddy Kenzo bayuze abaitabiriye igitaramo cya Coffe Marathon UG (Amafoto

Jose Chameleone na Murumuna we bunamiye inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi zishinguye mu Rwibutso rwa Gisozi

Bishop Gafaranga yasabiwe n’urukiko gufungwa iminsi 30

Jennifer Lopez yajyanywe mu rukiko kubera amafoto ye

Jose Chameleon yageze I Kigali aherekejwe na Teta Sandra yanga kuganira n’itangazamakuru

Nsanzabera Jean Paul March 29, 2023 March 29, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Fally Merci yashimiwe n’abanyarwenya bakomeye muri Uganda atungurwa n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

March 28, 2025
Imyidagaduro

Umubyeyi wa P Diddy ararembye bikomeye

July 12, 2024
Andi makuruImyidagaduro

Umusizi Rumaga agiye gushyira hanze umuzingo we wa mbere yise Mawe

February 8, 2023
Utuntu n'utundi

Perezida Felix Tshisekedi akomeje gushimangira ko nta biganiro azagirana n’u Rwanda

January 31, 2024
Imikino

Tour du Rwanda 2024: Pierre Latour yegukanye agace ka gatanu

February 22, 2024
Utuntu n'utundi

Ramaphosa yarahiriye kongera kuyobora Afurika y’Epfo

June 19, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?