SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Gen Kainerugaba Muhoozi yatumiye Massamba ,Bwiza na Kenny Sol mu gitaramo cyo kwishimira ifungurwa ry’Imipaka
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Gen Kainerugaba Muhoozi yatumiye Massamba ,Bwiza na Kenny Sol mu gitaramo cyo kwishimira ifungurwa ry’Imipaka
Imyidagaduro

Gen Kainerugaba Muhoozi yatumiye Massamba ,Bwiza na Kenny Sol mu gitaramo cyo kwishimira ifungurwa ry’Imipaka

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/27 at 3:14 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Nyuma y’umwaka umwe General Muhoozi Kaineruga akoze ibirori byo kwizihiza isabukuru y’imyaka 48 cyabereye I Kampala bikitabirwa na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uyu mugabo yongeye gutegura ikindi gitaramo cyo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko yise”Border Opening Thanksgivings Rukundo Egumeho’ concert 2023″

abahanzi Intore Massamba, Kenny Sol na Bwiza bari mu bahanzi bo mu Rwanda bazataramira abazitabira ibirori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni witegura kuzuza imyaka 49.

Ni igitaramo uyu mugabo yise ’Rukundo Egumeho’ aho mu butumwa yatambukije ku rukuta rwa Twitter yatangaje abarimo Jose Chameleone na Bebe Cool.
Abandi bahanzi ni Azawi, Ray G, Vinka, Eddy Kenzo, Spice Diana n’abandi.

Kizaba ku wa 19 Mata 2023 ku kibuga cy’umupira cy’ishuri rya Kigezi mu Karere ka Kabale mu Burengerazuba bwa Uganda.Kwinjira bizaba ari ubuntu.

 

 

 

 

 

 

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul March 27, 2023 March 27, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umuhanzi Mc Glizzy arasaba abafite bahuriye n’umuziki kwibuka abahanzi bakiri kuzamuka

November 29, 2024
Imikino

Imodoka ya Lewis Hamlton yakoresheje muri 2013 yagurishijwe miliyari 18 z’amanyarwanda

November 21, 2023
Andi makuru

Perezida Ruto nyuma yo guhura naba Guverineri yemeye ibyo ibyo asabwa

December 16, 2024
Andi makuru

RURA yakoze impinduka y’ingendo zijya mu ntara mu minsi isoza umwaka

December 17, 2024
Imikino

Abakinnyi ba Kiyovu Sports barabogoza kubera kudahembwa

February 12, 2024
Andi makuru

Ibyishimo ni byose ku bamotari nyuma yo kugabanyirizwa amande bacibwaga

April 30, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?