SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Munezero Bijoux yihenuye kuri Lionel baherutse gutandukana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Munezero Bijoux yihenuye kuri Lionel baherutse gutandukana
Imyidagaduro

Munezero Bijoux yihenuye kuri Lionel baherutse gutandukana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/07 at 2:24 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Munezero Aline uzwi nka Bijoux muri filime ya ‘Bamenya’, yishongoye kuri Lionel baherutse gutandakana baranashakanye, aca amarenga yo kwinjira mu Rukundo rushya.

Umuntu wizewe ariko udafite aho ahuriye n’itangazamakuru aherutse kuduha amakuru y’urukundo rushya rwa Bijoux, yadutangarije ko Aline uzwi nka Bijou muri Bamenya ari mu rukundo.
Ni amakuru twamenye tugerageza guhamagara no kuvugisha nyir’ubwite Aline, ariko ntibyakunda ko adusubiza byinshi kuri ayo makuru kuko terefone ye itari iri ku murongo.
Gusa nyuma yo gukomeza gushaka no kumenya neza aya makuru yahujwe n’uko Aline uzwi nka Bijoux yabyihishuriye, yerekana ko yinjiye mu Rukundo rushya.
Abinyujije kuri konti ye ya Instagram, Munezero Aline yanyujijeho ubutumwa buherekejwe n’ifoto y’umusore bari bicaranye mu modoka ubona ko ihenze, bitewe n’uburyo bari bicayemo.
Iyi foto Bijoux yari afatanye mu kiganza n’umusore atifuje kugaragaza, maze yandika amagambo agira ati “Burya uzashake umugabo nya mugabo ntuzashake umugabo wifuza kukugira umugore.’’

Ni amagambo yavuze nyuma y’uko inkuru ibaye ikimenyabose y’uko Bijoux yatandukanye na Lionel bari baherutse gushyingiranwa, ndetse ubwo yari i Burayi aho atuye akaba yarakiranywe inkuru y’uko atwite.

Kuwa 19 Mutarama 2023, nibwo hamenyekanye amakuru y’uko Munezero Aline amaze iminsi yibarutse umuhungu. icyakora ibyo kumenya se w’umwana bikomeza kugorana kuko amakuruahamya ko yabyaye amaze igihe atandukanyena Lionel Sentore, bari baherutse gukora ubukwe.

Ugutandukana kwabo kwakurikiwe n’inkuru z’uko uyu mugore acuditse na Lionel Sentore baje no gukora ubukwe, icyakora nyuma y’igihe gito haduka andi makuru y’uko batandukanye akaba yarahise ashaka undi mukunzi kuri ubu bivugwa ko ari nawe babyaranye.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul March 7, 2023 March 7, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

CAN 2023 : RDC na Tanzania zisanze mw’itsinda rimwe

October 13, 2023
Andi makuru

Leta ya RDC yafunze ambasade yayo I Kigali

January 26, 2025
Andi makuru

Bayingana Innocent wari ‘General Manager wa AS Kigali yahagaritswe

March 20, 2025
Imyidagaduro

Amafoto ya Moses Moshions akomeje kurikoroza ku mbuga nkoranyambaga

January 7, 2023
Imyidagaduro

Floyd Mayweather Yashimiwe igikorwa cyiza yakoreye abakuwe mu byabo ni ibiza muri Hawaii

August 12, 2023
Andi makuru

U Rwanda rwongeye gutangariza umuryango w’ubumwe bw’Uburayi ko rutazakomeza kwikorerzwa ibibazo bya RDC

March 11, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?