SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bwiza na Okkama babuze ibyangobwa byo gutaramira iburayi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bwiza na Okkama babuze ibyangobwa byo gutaramira iburayi
Imyidagaduro

Bwiza na Okkama babuze ibyangobwa byo gutaramira iburayi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/03/02 at 11:12 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Bitewe no gutinda kubona uruhushya rubemerera kwinjira i Burayi (Visa), Bwiza na Okkama ntibakibashije kwitabira igitaramo bari bategerejwemo mu Bubiligi ku wa 4 Werurwe 2023.

Ni abahanzi kugeza ubu bamaze gusimbuzwa Jules Sentore uzaba ataramana na Kenny Sol mu gitaramo i Bruxelles mu Bubiligi.

Byari bimaze igihe bitangajwe ko abarimo Kenny Sol, Bwiza na Okkama bari bategerejwe mu gitaramo cyagombaga kubera i Bruxelles, ariko kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru habura amasaha atagera kuri 48 ngo kibe, Kenny Sol ni we gusa wari umaze kubona Visa.

Ni mu gihe abarimo Bwiza na Okkama bo bakiri kugerageza amahirwe yo kureba niba ibyangombwa byabo byaboneka bagakomeza ibindi bitaramo bari batangiye gutegura i Burayi cyane ko icyo mu Bubiligi byo bisa n’aho kitakibaye.

Ku rundi ruhande ariko, byitezwe ko Kenny Sol we agomba guhaguruka i Kigali mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 3 Werurwe 2023.

Byitezwe uyu muhanzi azafatanya na Jules Sentore gususurutsa abakunzi b’umuziki nyarwanda batuye i Burayi, mu ijoro ryo ku wa 4 Werurwe 2023, ndetse amatike akomeje kugurishwa.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul March 2, 2023 March 2, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Nyuma yo kuva habi Côte d’Ivoire yegukanye CAN 2023

February 12, 2024
Imyidagaduro

Nyiramana wamenyekanye muri Filime ‘Seburikoko’ yitabye Imana

September 2, 2023
Imikino

Ese Omborenga Fitina yamaze kwamburwa burundu inshingano zo kuba kapiteni wa APR FC?

January 19, 2024
Iyobokamana

Abaramyi bakomeye mu Rwanda barimo Israel Mbonyi bahembuye abakristu mu gitaramo cya Ewangelia Easter Celebration Concert

April 1, 2024
Imikino

Turikiya: Umusifuzi bamukocoye ingumi!

December 12, 2023
Imyidagaduro

Marchal Ujeku avuga ko umuziki uri mu byatumye agera aho ageze ubu

February 6, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?