SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Kidumu mbere yo gusubira muri Kenya yashimiye abanyarwanda urugwiro bamwakiranye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Kidumu mbere yo gusubira muri Kenya yashimiye abanyarwanda urugwiro bamwakiranye
Andi makuruImyidagaduro

Kidumu mbere yo gusubira muri Kenya yashimiye abanyarwanda urugwiro bamwakiranye

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/02/28 at 11:25 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo hano ikigali habareye igitaramo kimaze kumneyekana nka Kigali jazz Junction cyari cyatumiwe abo abahanzi bakomeye  bo mu gihugu cya Uganda B2C n’umunyabigwi Nimbona Jean Pierre  uzwi nka Kidumu wari utegerejwe na benshi

Uyu muhanzoi muri icyo gitaramo yongeye kuzamura imbamutima za benshi  mu bari bakitabiriye  kuko yaririmbye zimwe mu ndirimo ze zakunzwe  cyane n’abanyarwanda nka Yaramenje ,

Nyuma y’icyo gitaramo uyu muhanzi kandi yongeye gutaramira abakunzi be muri kabyiniro kazwi nka maison Noire aho yashimishije abakunzi be kugeza ubwo yavuye  ku n ubona bagikeneye kubyinana nawe .

Ku mugoroba wo kuri  uyu wa Mbere nibwo umuhanzi Kidumu yasubiye mu gihugu  cya Kenya aho asanzwe atuye n’umuryango akaba ari naho akorera muzika .

Gusa mbere y’uko ahaguruka I Kigali uyu mugabo uzwiho  gusetsa cyane abinyujije  ku rukuta mbuga ze nkoranyambaga  yashimiye abanyarwanda uko bamwakiranye urugwo nyuma y’imyaka ine adatatamira mu Rwanda kubera ibibazo bya Politike byari hagati y’igihugu cy’U Rwanda n’Uburundi  kuva muri 2015.

Ku ifoto yashyize  yayikurikije amagambo y’amashimwe Kidumu yagize ati “Nsubiye I Nairobi  muri Kenya .Mwarakoze cyane Abanyarwanda ku rukundo mwanyeretse byari ibya agaciro n’icyubahiro cyinshi mwanyeretse ,Buriya uwababwira ko uriya munsi ubwo nari ku rubyiniro narize ariko ntimwabashije kubibona kuko nari ndi kubira icyuya cyinshi cyane .

Yakomeje ashimira abaundi bose  baba mu Rwanda  by’umwuhariko umwe mu bakozi ba Ambassade y’u Burundi mu Rwanda  witwa Blaise wakoze ibishoboka byose ngo urugendo rwe rugende neza  hano mu Rwanda .

You Might Also Like

Kigali : Umusore wo mu kigero cy’ imyaka 20 yiyahuriye ku nyubako izwi nko kwa Makuza ahita yitaba Imana

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yatanze impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri Kenya

Canal+ Rwanda yashyize igorora abakiliya bayo ibaha Poromosiyo ya Umukiliya n’umwami

Minisitiri Mutamba Constant yitabye ubushinjacyaha ashagawe n’abunganizi 20

Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru ry’’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano muri Algerie

Nsanzabera Jean Paul February 28, 2023 February 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umuryango w’umunyamakuru Julius Chita uri mu byishimo nyuma yo kwibaruka ubuheta

May 1, 2024
Imikino

Agahinda k’abafana ba Kiyovu Sc bagatuye Perezida wa Repubulika Paul Kagame

December 11, 2024
Ikoranabuhanga

USA:Ikigo cya Apple na guverinona bakomeje kwitana ba mwana

March 25, 2024
Andi makuru

Colonel Kazarama yasubiye muri M23

July 29, 2024
Imikino

Murenzi Abdallah na Nkuranga Alphonse beguye mu buyobozi bwa FERWACY

August 31, 2023
Imyidagaduro

Itsinda rya ‘Diva ‘s Dance Group’ ryatumiwe mu birori byo kwizihiza umunsi w’abagore Muri Chillax Lounge

March 7, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?