SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Uruganda rwa Ingufu Gin rukomeje kwishimirwa na benshi mu bitabiriye Tour Du Rwanda (Amafoto)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Uruganda rwa Ingufu Gin rukomeje kwishimirwa na benshi mu bitabiriye Tour Du Rwanda (Amafoto)
Imikino

Uruganda rwa Ingufu Gin rukomeje kwishimirwa na benshi mu bitabiriye Tour Du Rwanda (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/02/22 at 9:17 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Mu mpera  z’icyumweru  gishize  tariki ya 19 Gashyantare  2023 nibwo mu Rwanda  hatangiye  irushanwa  mpuzamhanga ryo gusiganwa ku magare  riziw nka Tour  Du Rwanda  rizwiho kwitabirwa n’abakinnyi ba bahanga ndetse rikanaterwa inkunga na bimwe mu bigo bikomeye by’ubucuruzi mu Rwanda kugira ngo ribashe kugenda  neza .

Uyu mwaka  rero byabaye agashya ubwo hagaragayemo  Uruganda Ingufu Gin Ltd, ruherereye mu Murenge wa Runda, mu Karere ka Kamonyi, mu Ntara y’Amajyepfo rwaje mu bigo  byateye inkunga  iryo rushanwa .

Uru ruganda  rwakoze agasha muri iri rushanwa kuko ruri mu bigo bifite ibyamamare byinshi ndetse n’abakobwa beza bari kurufasha  kumenyekanisha  ibikorwa byarwo birimo amoko asaga icumi y’inzoga zo mu bwokjo bwa Gin na Whisky .

Kuva  ku munsi wa  mbere isiganwa ritangira mu gace ka  Kigali -Rwamagana abakunzi b’ibinyobwa bya Ingufu Gin bakiranye urugwiro bamwe  mu bagize itsinda  ry’urwo ruganda ndetse batangira  no kubigura ku bwinshi  bishimira n’igare mu gace kabo .

Umunsi wakurikiye ku munsi wa Kabiri  w’isiganwa aho hari hagezweho agace ka Kigali-Gisagara mu nzira zose  zo mu majyepfo kw’ivuko ry’uru ruganda abakunzi ba Ingufu Gin bari bishimiye kubona  uruganda rwabo rwaritabiriye iri rushanwa byaje guhumira ku mirari ubwo itsinda rirangajwe imbere na Ntihanabayo Samuel uzwi cyane ku izina rya Kazungu Umuyobozi Mukuru akana na Nyiri  uruganda rwa Ingufu Gin  ryageraga aho uruganda rukorera ku Ruyenzi abakozi bose  b’uruganda bari basohotse ari benshi ibintu  bya bibereye ijisho  cyane .

Ubwo bari bageze ku Gisagara abaturage  basusurukijwe n’abarimo Eric sender n’umunyarwenya Ndimbati ,Arika nako bigurira  ibinyobwa  bya Ingufu Gin .

Agace ka Gatatu ko byabaye  akarusho  ubwo biatabiraga  agace ka Gatatu ka Huye  -Musanze  nabwo itsinda ryo kwamama ibikorwa bya Ingufu Gin ryongeye kwerekwa ibyishimo n’abakunzi b’ibyo binyobwa bya Ingufu Gin kugeza bageze mu mugi wa Musanze .

Kuri uyu wa gatatu akaba umunsi wa kane wa Tour Du Rwanda agace ka Musanze Karongi  nako kari kitabiriwe n’abaturage  benshi  cyane ku mihanda  yose kugeza ubwo  umufaransa Thomas Bonnet wa Total Energies watsinze  Agace ka Kane ka Tour du Rwanda yari yinjiye mu karere kabo ka Karongi

Ubwo yageraga aho I Karongi abaturage bo ku nkengero z’ikivu bongeye kuryoherwa no kubona Ingufu gin ibazaniye umuhanzi Senderi n’Umunyarwenya Ndimbati batumye ikinyobwa cya Ingufu Gin kinyobwa cyane  muri ako karere.

Biteganyijwe ko ku munsi w’ejo Iri rushan rizahaguruka mu karere ka Rusizi kerekeza i Rubavu aho nabwo baherekejwe n’ikinyobwa cya Ingufu Gin bazabasha kugira ibihe byiza mu nzira binywera ibyo binyobwa .

Irebere amwe mu mafoto y’itsinda ryamamaza ibinyobwa bya Ingufu Gin muri Tour du Rwanda

 

You Might Also Like

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

Winner Rwanda yafunguye ubwidagaduriro bw’abana mu murenge wa Gitega

Abantu 27 harimo abana 4 bakomerekeye mpanuka mu birori byo kwishimira igikombe Liverpool yegukanye

Jose Chameleon na Weasel bazatarama mu birori byo kwishimira Ibikombe APR FC yegukanye

Munyakazi Sadate yasezeranyije Perezida Kagame kuzazana ibikombe mpuzamahanga mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul February 22, 2023 February 22, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ikoranabuhanga

Airtel Rwanda ku bufatanye na Unicef batangije gahunda yo gutanga internet y’ubuntu mu mashuri

October 18, 2023
Imyidagaduro

Sir Michael Gambon wamenyekanye muri filime ya Harry Potter yitabye Imana ku myaka 82

September 29, 2023
Andi makuru

Ibigo 10 byahize ibindi byegukanye ibihembo muri Karisimbi Consumers Choice Awards 2024 (Amafoto)

May 22, 2024
Utuntu n'utundi

Papa Francis yasabye ko abaryamana bahuje ibitsina bahabwa umugisha

December 19, 2023
Andi makuru

Ange Kagame yahawe imirimo mu biro bya Perezida

August 2, 2023
Andi makuru

Kecapu n’umukunzi we bagiye kwibaruka

January 13, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?