SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ubukwe bwa Bishop Gafaranga na Annette bukomeje kuvugisha benshi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ubukwe bwa Bishop Gafaranga na Annette bukomeje kuvugisha benshi
Imyidagaduro

Ubukwe bwa Bishop Gafaranga na Annette bukomeje kuvugisha benshi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/02/08 at 11:14 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Habiyaremye Zacharie wamenyekanye ku izina rya Bishop Gafaranga agiye gukora ubukwe n’umuhanzi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Annette Murava ariko  bukomeje kutavugwa rumwe na benshi .

Ubukwe bwa Gafaranga na Annette buteganyijwe ko buzaba taliki ya 11 Gashyantare 2023, gusaba no gukwa bibere I Nyamata kuri La Palisse Hotel ku isaha ya saa yine za mu gitondo.

 

Gusezerana imbere y’Imana bizaba ku isaha ya saa cyenda naho kwiyakira bibe saa kumi n’imwe n’ubundi aho I Nyamata muri La Palisse Hotel.

Gafaranga na Annette Murava bavuye mu rukiko mu cyumweru gishize ku munsi wo kuwa kane.

Amakuru yo gusezerana mu Murenge ntabwo bigeze bayatangaza gusa abasengana na Annette baduhaye aya makuru bavuga ko bitavuzweho rumwe n’abo mu muryango we kuko batiyumvishaga uburyo umukobwa wabo yaba agiye gushakana n’umugabo usanzwe abana n’undi mugore.

Amakuru  dukesha  zimwe mu nshuti zabo avuga ko Gafaranga agiye gukora ubukwe na Annette yari asanzwe abana n’undi mugore babyaranye abana batatu.

Gafaranga n’uwo mugore wa mbere bari batuye ku I Remera ahazwi nko ku cya Mitzing.

Uwaduhaye aya makuru ntabwo azi niba barabanaga mu buryo bwemewe n’amategeko cyangwa se niba baramaze guhana gatanya.

Annette Murava uri mu bahanzi bakunzwe mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, umwaka ushize nibwo yambitswe impeta ariko ntihamenyekana umusore wayimwambitse.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul February 8, 2023 February 8, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Dr Alfred Paul Jahn wamamaye nka Mon ami yasabye abatuye ku Rwesero kuzamushyingura hafi yabo niyitaba Imana

May 18, 2024
Imikino

Abafana ba Arsenal bitabiriye Arsenal Africa Fans Festival batangiye kugera mu Rwanda

April 18, 2025
Imyidagaduro

Kelly Speech akomeje kwigarurira imitima ya benshi ku rubuga rwa Tik Tok kubera ubutumwa Atanga

July 8, 2024
Imikino

Ikipe ya Addax SC yagaruye Bokota Ndjoku Labama

January 22, 2024
Iyobokamana

#Kwibuka30 :Apotré Paul Gitwaza yifatanyije n’abarokotse Jenoside abasaba gukomera

April 8, 2024
Andi makuruImikino

Lionel Messi akomeje gushimisha ibyamamare kuva yagera muri Inter Miami

July 26, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?