SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Annie Wersching wamenyekanye nka Renee Walker muri filime ‘24’, yitabye Imana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Annie Wersching wamenyekanye nka Renee Walker muri filime ‘24’, yitabye Imana
Andi makuru

Annie Wersching wamenyekanye nka Renee Walker muri filime ‘24’, yitabye Imana

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/01/30 at 11:55 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umukinnyikazi wa filime Annie Wersching wamenyekanye cyane muri filime ‘24’, yitabye Imana azize uburwayi bwa kanseri.

Inkuru y’urupfu rwa Annie Wersching wari ufite imyaka 54 yamenyakanye ku wa 29 Mutarama 2023, bitangajwe n’umugabo we Stephen Full.

Wersching wavukiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, muri Leta ya Missouri yatangiye gukina filime mu 2002, amenyakana cyane muri filime ‘24’ akina ari umukozi wa FBI witwa Renee Walker.

Uyu mugore ariko kandi yari azwi muri filime zakunzwe nka ‘Star Trek’, ‘Timeless’, ‘The Miracle of Christmass’ n’izindi.

Asize abana batatu yabyaranye na Stephen Full, umunyarwenya bashakanye mu 2009.

Amakuru ahari ahamya ko Annie yamenye ko arwaye kanseri mu 2020 icyakora abigira ibanga ndetse akomeza no gukina nk’ibisanzwe, kugeza ubwo yitabye Imana benshi batari bazi iby’uburwayi bwe.

 

You Might Also Like

Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru ry’’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano muri Algerie

Aline Gahongayire yijeje abo mu Bubiligi igitaramo cy’amashimwe

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Mugenzi we biyemeza gufungura ambasade ya Algerie mu Rwanda

Perezida Kagame yunamiye Maqam Echahid waharaniye ubwigenge bwa Algerie

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Algeria (Amafoto)

Nsanzabera Jean Paul January 30, 2023 January 30, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Tiwa Savage yagiriye Inama abagore bata abagabo babo bakurikiye imitungo

January 30, 2025
Andi makuru

U Bushinwa bwitandukanyije n’u Burusiya, Putin araba uwa nde?

January 30, 2019
Andi makuru

APR WBBC na REG WBBC zatsindiwe muri Tanzania, zihurira ku mukino w’umwanya wa gatatu

September 9, 2021
Imikino

Kipchoge yunamiye mugenzi Kelvin Kiptum Nyuma yo Kubura uko amushyingura

March 1, 2024
Andi makuru

Abazita abana b’ingagi amazina babanje kujya gusura imiryango bavukamo mu birunga

August 31, 2023
Ikoranabuhanga

USA:Ikigo cya Apple na guverinona bakomeje kwitana ba mwana

March 25, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?