SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Dadjou nyuma yo guhura na Akon yagaragaje amarangamutima menshi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Dadjou nyuma yo guhura na Akon yagaragaje amarangamutima menshi
Imyidagaduro

Umuhanzi Dadjou nyuma yo guhura na Akon yagaragaje amarangamutima menshi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2022/12/29 at 11:38 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi Dadju ukunzwe cyane mu Bufaransa yanyunzwe cyane no guhura imbona nk’ubone n’icyamamare Akon afata nk’ikitegererezo mu muziki.

Dadju Djuna Nsungula umuhanzi ukunzwe mu Bufaransa ukomoka mu gihugu cya Congo watangiye kumenyekana ubwo yabaga mu itsinda rya The Shin Sekai, kuri ubu yatandaje ko ari mu byishimo byo guhura n’umuhanzi Akon afata nk’ikitegererezo mu muziki ndetse by’umwihariko akaba ari umufana we. ukomeye.

Akoresheje urubuga rwa Instagram, Dadju yasangije abamukurikira bagera kuri Miliyoni 7 amafoto ari kumwe na Akon akamwenyu ari kose maze atangaza ko yanyunzwe no guhura nawe.

Dadju yagize ati: ”Ubwo nari mfite imyaka 13 nitwaraga nka Akon kuko namukundaga cyane, niganaga kwambara nkawe, kuririmba nkawe nkanigana ijwi rye”.

Dadju umuvandimwe wa Maitre Gims, yakomeje agira ati: ”Muri macye nageze ku nzozi zanjye mpura n’umuhanzi mfatiraho ikitegererezo”.

Ikinyamakuru Daily Africa cyatangaje ko aba bahanzi bombi bafite byinshi bahuriyeho nko kuba bose bakomoka ku mugabane wa Afurika bakaba baragiye gukorera umuziki hanze y’uyu mugabane bikabahira.

Daily Africa kandi ikomeza ivuga ko uguhura kwa Dadju na Akon kwatanze ikizere ku kuba bombi bakorana mu minsi iri imbere dore ko Akon aherutse gutangaza ko yifuza gukorana n’abahanzi baririmba mu gifaransa kugira ngo ahe impano abakunzi be bavuga Igifaransa.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul December 29, 2022 December 29, 2022
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Umukino wa Rayon Sports na Al Hilal wasubitswe

September 13, 2023
Andi makuru

Abakuru b’ibihugu bigize EAC basabye RDC kugirana ibiganiro na M23 mu rwego rwo kurangiza intambara

January 30, 2025
Andi makuru

Uburusiya bwashyize impapuro zo guta muri yombi umucamanza Tomoko Akane wa ICC

August 2, 2023
Imyidagaduro

Umunyarwenya Dave Chappelle yunamiye inzirakaregane zishyinguye mu rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

June 1, 2024
Andi makuru

Yolande Makolo yasubije ibyavuzwe na Tshisekedi ku mpfu z’abanyecongo

April 1, 2025
Andi makuru

Perezida wa Czech Général Petr Pavel aragirira uruzinduko mu Rwanda

April 5, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?