SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Paul Kagame yihanganishije Perezida wa Turukiye Recep Tayyip Erdoğan nyuma y’inkongi y’umuriro yahitanye abagera kuri 76
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Paul Kagame yihanganishije Perezida wa Turukiye Recep Tayyip Erdoğan nyuma y’inkongi y’umuriro yahitanye abagera kuri 76
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yihanganishije Perezida wa Turukiye Recep Tayyip Erdoğan nyuma y’inkongi y’umuriro yahitanye abagera kuri 76

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 22, 2025
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yihanganishije mugenzi we  wa Turikiya, Recep Tayyip Erdoğan n’abaturage b’iki gihugu, kubera inkongi y’umuriro iheruka kwibasira hoteli yo mu gace ka Bolu, igahitana ubuzima bwa benshi.

Ni ubutumwa Perezida Kagame yatanze binyuze ku rubuga nkoranyambaga rwa X, kuri uyu wa Gatatu tariki 22 Mutarama 2024.

Perezida Kagame yagize ati “Ndihanganisha Perezida Recep Tayyip Erdoğan n’abaturage ba Turikiya, kubera impfu zatewe n’inkongi y’umuriro yibasiye hoteli muri Bolu.”Yakomeje avuga ko yifatanyije n’imiryango yabuze abayo.

Ati “Twifatanyije n’imiryango yabuze abayo ndetse n’abagizweho ingaruka n’aya makuba. Abakomeretse tubifurije gukira vuba.”

Ku wa Kabiri, tariki 21 Mutarama 2025 ni bwo Grand Kartal hotel iri mu zikunzwe muri Turikiya yibasiwe n’inkongi y’umuriro.

Kugeza ubu abaguye muri iyi nkongi yibasiye iyi hoteli iherereye mu Ntara ya Bolu ni 76. Gusa inzego zibishinzwe ziracyagenzura niba nta bandi bapfuye.

Minisitiri w’Umutekano muri Turikiya, Ali Yerlikaya, yavuze ko abantu icyenda barimo na nyiri iyi hoteli batawe muri yombi, kugira ngo hakorwe iperereza ku cyateye iyi nkongi.

Iyi nkongi yabaye mu gihe iyi hoteli yari yakiriye umubare munini w’abantu bitewe ahanini n’uko muri Turikiya bari gusatira ibihe by’ibiruhuko by’abanyeshuri. Bivugwa ko kuri uwo munsi yari icumbikiye abarenga 230.

Perezida Kagame yasangiye n’abitabiriye Inama ya FIA mu Rwanda
Benjamin Netanyahu ntiyemeranya na Emmanuel Macron nyuma yo gusaba ibihugu kudafasha Israel
Zoleka Mandela, umwuzukuru wa Nelson Mandela yitabye Imana azize Cancer
Gen Muhoozi yongeye gushimangira ko agiye kubaka Lugogo Arena i Kampala
#Kwibuka21: Abayobozi n’abakozi ba Airtel Rwanda basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Ntarama
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Jackpot 6000 Slot Machine

May 28, 2024

Aladdin S Gold Casino

May 28, 2024
Iyobokamana

Icyamamare Nomthie Sibisi yijeje abakristo bo mu Rwanda igitaramo cy’amateka

November 29, 2023

What Are The Best No Deposit Slot Bonuses In Ireland For 2023

May 28, 2024

Velobet Casino 100 Free Spins Bonus 2025

February 25, 2025

Best Casino 2023

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?