SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Jennifer Lopez na Ben Affreck bemeranyije gutandukana burundu
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Jennifer Lopez na Ben Affreck bemeranyije gutandukana burundu
Imyidagaduro

Jennifer Lopez na Ben Affreck bemeranyije gutandukana burundu

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 7, 2025
Share
SHARE

Jennifer Lopez wamamaye mu muziki n’umukinnyi wa filime, Ben Affleck bamaze kwemeranya guhana gatanya imbere y’amategeko nyuma y’imyaka ibiri ishize barushinze.

Ibi byamamare byombi byahuriye ku mwanzuro wo kuzasinya gatanya ku itariki 20 Gashyantare 2025 nyuma y’amezi atanu yari ashize batandukanye.

Ni biganiro bagiranye hamwe n’abanyamategeko babo, bemeza ko muri gatanya yabo buri umwe azajyana imitungo yazanye ubwo barushingaga. Bivuze ko nta gabana ry’imitungo rizabaho hagati yabo.

Nk’uko TMZ yabitangaje, Jennifer Lopez yanemeye ko agiye gukura izina ‘Affleck’ mu mazina ye, akazabikora akimara gusinya gatanya. Iri zina yaryongeye mu mazina ye mu 2022 ubwo bari bakimara kurushinga.

Icyakoze ntabwo biramenyekana uko bazagabana inzu y’umuturirwa wabo bafite mu gace ka Beverly Hills muri California, dore ko ubwo bamaraga gutandukana bahise bayishyira ku isoko kuri miliyoni 60$.

Aba bahoze bari muri ‘Couples’ zikomeye i Hollywood barahawe izina rya ‘Bennifer’. Ibyabo byatangiye mu 2000 baza gutandukana mu 2004 ubwo biteguraga kurushinga. Bongeye gukundana mu 2021 banahita barushinga mu 2022. Batandukanye bari bamaze imyaka ibiri gusa bemeranyije kubana akaramata.

Humble Jizzo yifurije isabukuru umugore Amy Blauman amushimira ko yatumye yitwa Umubyeyi
Tasha The Dj yishimiye gusangira ubunani n’abana bo ku muhanda
Bien Aime na Dj Marnaud bijeje abanyarwanda igitaramo cy’amateka
Bwiza ,Mico The Best ,Juno Kizigenza na Bushali na Senderi bazasusurutsa abazitabira Tour du Rwanda 2024
Dj Sonia na Bwiza bahataniye ibihembo muri Zikomo Africa Awards 2024
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Sitting Volleyball: U Rwanda rwasezerewe mu Gikombe cy’Isi!

November 17, 2023

Is The Top Online Pokies And Casinos In New Zealand Open

February 25, 2025
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yashimiye Abayobozi b’ibihugu bishimiye intsinzi ye

July 23, 2024
Imyidagaduro

Dr Murangira  yasabye abakoresha imbuga nkoranyambaga kuva mu bibazo bya Danny Nanone n’uwo babyaranye

March 20, 2025

Gambling Maths Au

September 5, 2023

Where To Play Au Pokies

September 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?