SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Inzu ifasha abahanzi ya I.Music ya No Brainer yasinyishije umuhanzi D.N
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Inzu ifasha abahanzi ya I.Music ya No Brainer yasinyishije umuhanzi D.N
Andi makuruImyidagaduro

Inzu ifasha abahanzi ya I.Music ya No Brainer yasinyishije umuhanzi D.N

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: October 9, 2024
Share
SHARE

Inzu  ifasha  abahanzi  ya I Music ya Ishimwe Jean Aime  uzwi cyane  ku mbunga nkoranyambaga nka Twitter No Brainer yasinyishije umuhanzi  ukizamuka vuba witwa Nyiringango Denis uzwi kw’izina rya DN wahiseashyira hanze  indirimbo ye nshya y’urukundo yise This Love

Uyu musore ukiri  muto ku myaka  ye 19 ukiga  mu mashuri ye muri ya ALU (African Leadership University).

Mu kiganiro na No Brainer umuyobozi  wa I Music  yasinyishije DN  yadutangarije ko nyuma y’igihe kirekire  uyu mwana ukiri muto mu muziki yamumeneye biturutse ku mubyeyi we wamusabye kumubera hafi umwana kandi amusaba o yazamurinda  ibintu bibi  byamushora  mu biyobyabwenge ni bindi  bindi byinshi byatuma  ava mu nzira nziza  arimo

Ishimwe yagize ati: “Papa we niwe waje kunyisabira kumufashiriza umwana, ansaba ko uko amumpaye ari ko nzamumusubiza. Yarambwiye ngo ‘muguhaye atanywa amayoga cyangwa itabi, uzamunsubize uko muguhaye’.”

Yasobanuye ko DN w’imyaka 19 y’amavuko atari ubwa mbere akoze indirimbo nubwo aribwo yinjiye ku mugaragaro mu muziki. Kugeza ubu, rubuga rwa YouTube hagaragaraho indi ndirimbo uyu muhanzi yakoze mu myaka itatu ishize yise ‘Djolo.’

Akomoza ku mikoranire ye n’uyu muhanzi, Ishimwe yagize ati: “Ninjye dukorana, namufashije kumwereka ikibuga, amajwi akorwa na Fanta, noneho amashusho atunganwa na Sammy Switch.”

Yavuze ko abona ari umuhanzi w’umuhanga uzagera kure by’umwihariko mu njyana ya R&B na Pop.

Ubwo yamumurikiraga abanyarwanda mu minsi ishize abinyujije ku rubuga rwa X, yagize ati: “Nejejwe no kubamenyesha ko Nyirangango Denis, umuhanzi udasanzwe wa R&B na Pop, yinjiye muri ‘management’ yacu ya I.Music.”

Nyuma  ya  y’uko  DN Asinye muri  I Music  ya No Brainer  aje asangamo umuhanzi ukunzwe  ukunzwe cyane mu muziki gakondo Victor  Rukotana kandi  ikigaragara nuko ubuhanaga bafite bombi bizatanga  umusaruro mwiza mu ruganda  rwa Muziki nyarwanda .

 

 

Jennifer Lopez arashinjwa gusuzugura umugabo we byatumye yaka gatanya
Annette Murava akomeje kugaragaza urukundo akunda umugabo
Abazitabira igitaramo cya Chorale de Kigali bizejwe ibitangaza n’abaterakunga bacyo
Canada:Justin Trudeau wari Minisitiri w’intebe yeguye ku mirimo ye
Mu birori bibereye ijisho Prince Kid yasezeranye imbere y’Imana na Miss Iradukunda Elsa (Amafoto)
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

No Registration Casino Bonus Ie Online Casinos

May 28, 2024

Online Slots Strategy Irish Casinos 2023

May 28, 2024

Legal Digital Casino Ireland

August 23, 2019

Jbo88 Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Crypto Wild Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

Casino Bonuses In Ireland 2023

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?