SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Amatike y’iserukiramuco rya Solfest 2024 yamaze gushira mu gihe Sauti sol ishobora kutaryitabira
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Amatike y’iserukiramuco rya Solfest 2024 yamaze gushira mu gihe Sauti sol ishobora kutaryitabira
Imyidagaduro

Amatike y’iserukiramuco rya Solfest 2024 yamaze gushira mu gihe Sauti sol ishobora kutaryitabira

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 28, 2024
Share
SHARE

Igitaramo  cya Solfest  ni rimwe  mu maserukiramuko  y’umuziki yitabirwa na bahanzi benshi kandi  ikunzwe cyane  muri  Kenya , icyo gitaramo abagitegura batangiye kugurisha amatike cyo kucyitabira mu ukuboza umwak ushize  ,ariko batunguwe n’uburyo abafana  bihutiye kugura amatike kugeza  ubu  abagiteguye bakaba batangaje ko amatike  yashize  .

Iri serukiramuco riteganijwe kuba kuva ku ya 19 Ukuboza kugeza ku ya 21 Ukuboza, ryabaye ikintu cyaranze ikirangaminsi cy’umuco wa Kenya, gihuza abantu benshi kivanze n’umuziki waho ndetse n’amahanga, ibihangano by’ubuhanzi, ndetse n’imurikagurisha ndangamuco.

Kubera gutangira kugurisha amatike hakiri kare byatunguye benshi, bituma umufuka ya benshi batangira kuyikoramo hakiri kare kugira ngo bazacikanwa n’iri serukiramuco .

Kugeza ubu  amatike ya  make ari ku giciro cy’amashilingi 2.500 ya kenya  ugereranyije mu manyarwanda ni hafi 22.000 yamaze kugurishwa yose .

Nyuma  y’uko amatike aguzwe ku bwinshi abanyakenya benshi  bakomeje  kwibaza niba  ko abagize itsinda rya  Sauti Sol nabo bazitabira icyo gitaramo kabeone mu minsi yashize  batangaje  ko batandukanye buri wese akajay gukora  ku giti cye.

Abategura iri serukiramuco nabo batangaje ko bishoboka ko abo basore bakunzwe cyane  muri Kenya  bashobora kutazacyitabira kuko batari  ku rutondo rw’abahanzi batumiwe .

Bagize bati nubwo abagize  Sauti Sol kuza  mu iserukiramuco ry’Uyu mwaka  basabye abantu kudacika  integer  kuko bari kubateguri urutonde rw’abahanzi bakomeye bo muri  kueanya ndetse  nabo hanze ya kenya .

Ku rundi ruhande abafana  nabo ntyibyabayenariko bafite icyizere ko abo basore bashobora kuzahurira  ku rubyiniro buri wese akora  ku giti  cye .

Abateguye aya mahugurwa bagize bati: “Nubwo umuhanzi washinze, Sauti Sol, adashobora kwishimira icyiciro uyu mwaka, ntucike intege, kuko turi gukora umurongo utazibagirana hamwe n’inyenyeri zo mu karere ndetse n’amahanga.”

Nk’uko amakuru abitangaza, Solfest y’umwka  ushize 2023 yatwaye miliyoni 80 z’amashiringi zo gutegura gusa .

R Kelly yahishuye ko ubuzima bwe bugeramiwe muri Gereza afungiyemo
The Ben yifurije Umugore we Uwicyeza Pamella isabukuru mu magambo aryoheye amatwi
Umuhanzi Bebe Cool yaje I Kigali mu ibanga rikomeye
Miss Muheto Divine yasabiwe gufungwa Umwaka n’amezi 8
Floyd Mayweather Yashimiwe igikorwa cyiza yakoreye abakuwe mu byabo ni ibiza muri Hawaii
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Can You Trust Online Casinos

February 25, 2025

Casino Roulette Near Me

May 28, 2024

Fabulous Jackpot Slots

May 28, 2024

New Slot Sites Australia 2025

February 25, 2025

Fortune Casino Bonus Code

May 28, 2024

How To Start A Casino In Australia

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?