SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abagize itsinda rya Kigali Boss Babes bahishuriye abakiri bato ko bagomba gukora cyane kugira bagere kubyo bifuza
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Abagize itsinda rya Kigali Boss Babes bahishuriye abakiri bato ko bagomba gukora cyane kugira bagere kubyo bifuza
Andi makuru

Abagize itsinda rya Kigali Boss Babes bahishuriye abakiri bato ko bagomba gukora cyane kugira bagere kubyo bifuza

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/12/29 at 10:04 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
5 Min Read
SHARE

buhenze.

Iri tsinda ryatangijwe muri Mata 2023,aho rigizwe n’abakobwa batandatu bishyize hamwe bahujwe no kuba ari inshuti, zifite ubuzima bujya kuba bumwe, zifite amafaranga ndetse n’ubwiza.

Barimo Isimbi Alliance [Alliah Cool], Danis Christella Igeno Uwase [Iam Christella], Bigirumfura Ladouce [Queen Douce], Ishimwe Alice [Alice La Boss], Gashema Sylvie na Camille Yvette.

Ni abakobwa bakunze kugaragara ku mbuga nkoranyambaga nk’ababaho mu buzima buhenze, basohokera ahantu heza kandi akenshi baba bari hanze y’u Rwanda nka za Dubai n’ahandi.

Ni ibintu bamwe mu babakurikira kuri izo mbuga bibazaho cyane ndetse ugasanga hari n’abibaza ku bijyanye n’akazi bakora.

Ikibazo cyari mu mitwe ya benshi mu bakurikira aba bakobwa cyabajijwe n’Umunyamakuru Muhire Janson ubwo abagize Kigali Boss Babes bari bahuye n’itangazamakuru.

Bari barimo gusobanura ibijyanye n’imitegurire y’igitaramo cyabo bise “Black Elegance Party’ kizamurikirwamo filime igaruka ku buzima bwabo bwa buri munsi [Reality TV Show].

Umunyamakuru uri mu bitabiriye iki kiganiro yabajije niba koko aba bagore bicuruza ndetse n’ibisabwa ku mugabo ubashaka.

Ati “Nshaka kubabaza, muri abakobwa beza kandi b’ikimero, basa neza […], ariko mukeneye n’amafaranga, ni ukuvuga ngo umugabo ushobora kuba yagukenera kubera ko uri umukobwa mwiza, umugabo wakenera kugira ngo muhure, bisaba iki?”

Alliah Cool yabanje gufata ijambo avuga ko icyo kibazo ari Christella ugomba kugisubiza.

Undi nawe atazuyaje yahise agira ati “Kandi mpari nicaye aha? Nituva hano uze tuvugane!”

Umunyamakuru yahise yongera abaza niba umugabo wese ushaka Christella yamubona.

Alliah Cool yahise agira ati “Icyo nanjye nka mukuru we ndakimusubirizaza […] iyubahe wubahe n’abagore bakuri imbere.”

Itsinda rya Kigali Boss Babes rigizwe n’abagore bahuriye ku kuba bazwiho kugira amafaranga atubutse no kubaho ubuzima buhenze, aho ku mbuga nkoranyambaga bakunze kugaragara batembereye mu mijyi ikomeye, bagenda mu modoka zihagazeho, abandi bataha mu nzu zifite agaciro ka miliyoni nyinshi.

Ikindi benshi muri aba bagore bazwiho ni uko ubuzima bwabo bufite aho buhuriye n’imyidagaduro, kuko harimo abakinnyi ba sinema, abamurika imideli n’abandi.

  





Alliah Cool yutse inabi umunyamakuru wamubajije niba abo muri ‘Kigali Boss Babes’ bicuruza

28-12-2023 – saa 22:53,  IGIHE

Abagize itsinda rya Kigali Boss Babes basobanuye byinshi abantu babibazaho birimo n’akazi bakora gatuma bagaragara nk’abafite amafaranga menshi kandi bakabaho mu buzima buhenze.

Iri tsinda ryatangijwe muri Mata 2023,aho rigizwe n’abakobwa batandatu bishyize hamwe bahujwe no kuba ari inshuti, zifite ubuzima bujya kuba bumwe, zifite amafaranga ndetse n’ubwiza.

Barimo Isimbi Alliance [Alliah Cool], Danis Christella Igeno Uwase [Iam Christella], Bigirumfura Ladouce [Queen Douce], Ishimwe Alice [Alice La Boss], Gashema Sylvie na Camille Yvette.

Ni abakobwa bakunze kugaragara ku mbuga nkoranyambaga nk’ababaho mu buzima buhenze, basohokera ahantu heza kandi akenshi baba bari hanze y’u Rwanda nka za Dubai n’ahandi.

Ni ibintu bamwe mu babakurikira kuri izo mbuga bibazaho cyane ndetse ugasanga hari n’abibaza ku bijyanye n’akazi bakora.

Ikibazo cyari mu mitwe ya benshi mu bakurikira aba bakobwa cyabajijwe n’Umunyamakuru Muhire Janson ubwo abagize Kigali Boss Babes bari bahuye n’itangazamakuru.

Bari barimo gusobanura ibijyanye n’imitegurire y’igitaramo cyabo bise “Black Elegance Party’ kizamurikirwamo filime igaruka ku buzima bwabo bwa buri munsi [Reality TV Show].

Umunyamakuru uri mu bitabiriye iki kiganiro yabajije niba koko aba bagore bicuruza ndetse n’ibisabwa ku mugabo ubashaka.

Ati “Nshaka kubabaza, muri abakobwa beza kandi b’ikimero, basa neza […], ariko mukeneye n’amafaranga, ni ukuvuga ngo umugabo ushobora kuba yagukenera kubera ko uri umukobwa mwiza, umugabo wakenera kugira ngo muhure, bisaba iki?”

Alliah Cool yabanje gufata ijambo avuga ko icyo kibazo ari Christella ugomba kugisubiza.

Undi nawe atazuyaje yahise agira ati “Kandi mpari nicaye aha? Nituva hano uze tuvugane!”

Umunyamakuru yahise yongera abaza niba umugabo wese ushaka Christella yamubona.

Alliah Cool yahise agira ati “Icyo nanjye nka mukuru we ndakimusubirizaza […] iyubahe wubahe n’abagore bakuri imbere.”

Itsinda rya Kigali Boss Babes rigizwe n’abagore bahuriye ku kuba bazwiho kugira amafaranga atubutse no kubaho ubuzima buhenze, aho ku mbuga nkoranyambaga bakunze kugaragara batembereye mu mijyi ikomeye, bagenda mu modoka zihagazeho, abandi bataha mu nzu zifite agaciro ka miliyoni nyinshi.

Ikindi benshi muri aba bagore bazwiho ni uko ubuzima bwabo bufite aho buhuriye n’imyidagaduro, kuko harimo abakinnyi ba sinema, abamurika imideli n’abandi.

Ni abantu bamaranye igihe kinini, ndetse iyo uganiriye na bamwe muri bo bakubwira ko aba batangiye kumenyana ari inkumi, bagenda bazamukana none uyu munsi bafatwa nk’abarigwije, ari na byo byatumye bishyira hamwe.

You Might Also Like

U Rwanda rwasabye kwakira amashami y’umuryango w’abibumbye i Kigali

Joe Biden wahoze ayobora USA yasanzwemo Cancer ya Prostate yo mu rwego rwo hejuru

Uwahoze ayobora FBI arakwekaho gushaka kwica Donald Trump

Parike y’igihugu y’Akagera igiye kwakira inkura 70 z’umweru

Perezida Archange Touadéra akomeje gusabwa n’uburusiya gusinyana n’abandi bacanshuro

Nsanzabera Jean Paul December 29, 2023 December 28, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Menya umugabo Ruben Enaje ukomoka muri Filipine, Amaze kubambwa inshuro 34.

April 11, 2023
Andi makuru

#Kwibuka31: Abanyarwanda baba muri UAE bibutse abazize Jenoside yakorewe abatutsi 1994

April 8, 2025
Andi makuruImyidagaduro

Alyn Sano yishimiwe nabitabiriye iserukiramuco rya Vic Falls Carnival’ryabereye muri Zambia

May 5, 2023
Andi makuru

Umusizi Rumaga yafunguye isomero ry’ibitabo kuri murandasi

May 7, 2023
Andi makuru

Abahanzi babanye na Junior Multisystem bamuvuze imyato mu ijoro ryo kumwunamira(Amafoto)

August 2, 2023
Imyidagaduro

Kevin Hart n’umuryango we basuye urwibutso Jenoside rwa Kigali

July 20, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?