SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umunyamideli Judith Heard yagiriye inama Abakobwa bakiri batoya
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umunyamideli Judith Heard yagiriye inama Abakobwa bakiri batoya
Imyidagaduro

Umunyamideli Judith Heard yagiriye inama Abakobwa bakiri batoya

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: November 28, 2023
Share
SHARE

Umunyamideli  Kantengwa Judith wamenyekanye nka Judith Heard nk’umunyamideli umwe  bakomeye muri Uganda ndetse akaba afite inkomoko mu Rwanda avuga ko mu bintu bimubabaza kurusha ibindi ari ukubona abana b’abakobwa barara mu kabari banywa inzoga kuko azi ibibi byazo nk’umuntu wabaye muri ubwo buzima.

Mu  kiganiro nimwe  muri  televiziyo yaho, Judith Heard yahamagariye abakobwa bakiri bato kurinda .uyu  mudamu uziwho guharanira  uburenganzira bw’abakobwa azwi cyane  kukuba ashyira  imbaraga nyinshi  mu guhamagarira abantu kwimakaza umuco w’uburinganire  muri kiriya gihugu .

Muri  icyo kiganiro  Judith  Heard  yagize  ati “Nizera  ko umubiri  w’Umukobwa ari  uwera  kandi ko  ugomba  gufatwa nk’Ibanga rikomeye cyane akaba yarasabye  igitsina gore muri  rusange kwambara  kikikwiza aho kwambara  Imyenda yerekana  imiterere  yabo  ku bantu  bose  bababonye .

Yakomeje  agira  ati “Birambaza cyane nk’umubyeyi  kubona ibyo  bintu bibaho aho igitsina  gore   cyambara Imyenda indahwitse  aho basiga ibice by’umubiri wabo  hanze  , ndabasaba  kwitonda  ku  twese twumva ko  Umubiri wacu ari  ikizira  kuwutesha agaciro.

Mugusoza  Judith Heard  yasabye  abakobwa abakiri bato ko gukora   akazi ko kwerekana imideli  bitabahesha gutesha agaciro  umubiri wabo.

Uyu  munyamideli  Judith Heard akomeje kuba intangarugero ku bakobwa benshi bakiri bato benshi  bifuza  kuzakora akazi  ko kwerekana imideli.

Tom Close yatangaje ko abahanzi barenga 20 aribo bazitabira igitaramo gisimbura icya Tems
Alyn Sano yiyongereye ku bandi bahanzi benshi bijiye mu bucuruzi bufite aho buhuriye n’umuziki wabo
Umugore wa Ludacris Eudoxie Mbouguiengue yiyemeje kuzagarukana n’umugabo we mu Rwanda
The Ben agiye kwongera gutaramira ku mugabane w’uburayi
Igitaramo cya Tems cyari gitegerejwe na benshi cyasubitswe
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Where Can I Play Casino Pokies Online Outside Of Australia

September 5, 2023

Buck Casino Bonus Codes 2024

May 28, 2024

Eslava Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Reels And Wheels Xl

February 25, 2025

Online Pokies Play For Real Money

May 28, 2024

What Are The Best Free Slots Games In Cork Ireland

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?