SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mumporeze Adeline wakuze afite inzozi zo gukina Filime yatangiye gukora ize bwite
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Mumporeze Adeline wakuze afite inzozi zo gukina Filime yatangiye gukora ize bwite
Imyidagaduro

Mumporeze Adeline wakuze afite inzozi zo gukina Filime yatangiye gukora ize bwite

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: October 17, 2023
Share
SHARE

Umunyarwandakazi akaba n’umukinnyi wa film ukomoka mu Karere ka Rusizi MumporezeAdeline yatangiye umushinga wo gutunganya films ze bwite.

Uyu mukobwa w’imyaka 25 y’amavuko, avuga ko inzozi zo kuba umukinnyi wa film yabigize akiri muto gusa akabona bimusaba umwanya wo kwiga uko bikorwa no kwegeranya ubushobozi.

Muri ntangiriro za 2023 nibwo yagize amahirwe ahura na bamwe mubasanzwe bakora uyu mwuga biza kurangira bamubereye iteme ryo kwinjira muri uyu mwuga.

Mumporeze Adeline, yatangiye akina muri film y’uruhererekane yitwa ISI DUTUYE, ayigiramo byinshi ndetse anagura impano ye.

Nyuma y’igihe kitari gito, yaje kunoza umugambi we wo gukora umushinga we bwite wo gukora film ye, ubu amaze gukora epizode 4 za film yise ICYIZERE SERIES inyura ku rubuga rwe rwa youtube rwitwa MUMPOREZE FILMS.

Mu kiganiro na AHUPA RAdio Abajijwe uko abona igitsinagore kiri muri cinema, yavuze ko harimo benshi bazi icyo bakora n’intego zihamye kimwe nuko hari n’ababirimo bashaka ubwamamare gusa.

Yagize ati: “ muri cinema harimo benshi bazi icyo bashaka, bagamije kubaka sosiyete nyarwanda binyuze muri cinema, hari n’ababikora bashaka kwamamara bikarangirira aho gusa ariko njye Nshaka ko ibyo nkora bigirira umumaro sosiyete ndetse bikanantunga”

ICYIZERE SERIES, ni film igaruka ku mibanire hagati y’urubyiruko, cyangwa ihungabana benshi bagira bitewe nuko ibyo bifuza mu buzima bigoye kubigeraho bityo bamwe bagahitamo guhemuka, ubugome, ishyari n’ibindi bagamije amaronko no kurwanirira ibitabagenewe.

Iyo urebye iyi film, abakinnyi bayirimo n’ubuhanga bwabo ubona ko bitanga icyizere cy’aheza cinema nyarwanda igana.

Mumporeze Adeline avuga ko iyi film ariwe muhanzi w’igitekerezo cyayo, ndetse akanaba agira uruhare rukomeye mu kuyiyobora afatanyije n’ikipe ye.

 

Ushobora kureba films za Mumpereze Adeline unyuze hano:

https://youtu.be/YXNjUzOUEM8?si=QpQ1ztLPEmTd4HeV

Yverry yahishuye uko gukorana indirimbo na Knowless ari ibya agaciro
Dj Pcee na Justin99 bagezweho muri Afurika y’Epfo batumiwe mu gitaramo Intore Sundays
Dj Brianne yavunitse urutirigongo nyuma yo kugwa iwe
Platini agiye gukora igitaramo cyo kwishimira ibyo yagezeho mu muziki
Bahati grace mu byishimo nyuma yo kwibaruka ubuheta
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

What Is The Name Of The Licensed Electronic Casino In Dublin Ireland

July 15, 2019

25 Free Card Games No Deposit Ireland

May 28, 2024

Best Dublin Online Casino

May 28, 2024

No Deposit Ireland Electronic Casinos

May 28, 2024

Lion Spin Casino

May 28, 2024

Casino With Sign Up Bonus

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?