SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ne-yo yiseguye kubabajwe n’amagambo yavuze kubaryamana bahuje ibitsina
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ne-yo yiseguye kubabajwe n’amagambo yavuze kubaryamana bahuje ibitsina
Imyidagaduro

Ne-yo yiseguye kubabajwe n’amagambo yavuze kubaryamana bahuje ibitsina

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/08/09 at 11:48 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuririmbyi w’umunyamerika Shaffer Chimere Smith wamamaye nka Ne-Yo, yanditse ubutumwa yisegura ku barakajwe n’imvugo aheruka gukoresha, yagaragaye nko kwibasira abaryamana n’abo bahuje imiterere n’abandi bafite babarizwa mu muryango w’ababana bahuje ibitsina n’abafite ibindi byiyumvo ku mibonano mpuzabitsina bitandukanye n’ukubana k’umugabo n’umugore (LGBTQI+).

Iyi mvugo ya NE-YO yatumye benshi batamwishimira ni iyo yakoresheje ubwo yagiranaga ikiganiro na VladTV.

Muri iki kiganiro hari aho yavuze ati “Njye ubwanjye naje mu gisekuru aho umugabo yari umugabo ndetse n’umugore akiyumva nk’umugore. Hari ibitsina bibiri, ni uko nabayeho.’’

Yageze aho yibasira ababyeyi bemerera abana babo kuba babarizwa mu bafite igitsina [gender] gitandukanye n’uko bateye mu mubiri ndetse n’imyitwarire, bashobora no kugera aho bagafata umwanzuro wo kwihinduza igitsina bazwi nk’aba- Transgender.
Ati “Numva ababyeyi basa nk’abibagiwe inshingano y’umubyeyi icyo ari cyo. Niba umuhungu wawe muto aje akakubwira ngo ‘Papa nshaka kuba umukobwa’ nawe ukamureka? Nibihinduka igitekerezo cyiza kuri uyu muhungu w’imyaka itanu, uw’imyaka itandatu bikaba uko, ukareka n’uwa 12; bakaba bafata iki cyemezo cyo guhindura ubuzima bo ubwabo?”
Nyuma y’aho ubu butumwa butakiriwe neza, Ne-Yo yashyize ubutumwa kuri Twitter agaragaza kwicuza yisegura ku babarizwa mu muryango w’ababana bahuje ibitsina n’abafite ibindi byiyumvo ku mibonano mpuzabitsina bitandukanye n’ukubana k’umugabo n’umugore (LGBTQI+) .
Ati “Nyuma yo kubitekerezaho cyane, ndashaka gusaba imbabazi byimazeyo uwo naba narakomerekeje biturutse ku bitekerezo byanjye. Nahoraga ndi umuvugizi w’urukundo nkanaharanira kuvuganira abo mu muryango wa LGBTQI + ngo badahezwa.’’

You Might Also Like

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Itorero Intayoberana ryunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguye mu rwibutso rwa Kigali

Nsanzabera Jean Paul August 9, 2023 August 9, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Kagame yashyize indabo ku rwibutso rwa Freedom Monument’ rw’abasirikare ba Latvia (Amafoto)

October 2, 2024
Imyidagaduro

KTY Crew yegukanye irushanwa ry’‘Urutozi Dance Challenge ihembwa Miliyoni 1 na 300

December 30, 2024
Andi makuru

Umunyamakuru wa radio &Tv10 Pascal Habababyeyi yashyinguwe mu cyubahiro

December 27, 2024
Imyidagaduro

John Wick 4 : Keanu Reeves n’ibyamamare byayikinnyemo byunamiye Lance Reddick uherutse kwitaba Imana (Amafoto )

March 22, 2023
Andi makuruUbukungu

Ahupa Business Network Ltd yashyize igorora abashaka serivise n’abazitanga ku rubuga rwa TopInfo

October 8, 2024
Andi makuru

Umuhinde Salman Khan ukekwaho ibyaha by’iterabwoba yasubijwe iwabo

November 27, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?