SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Prince Kid yifurije isabukuru nziza umugore we Miss Elsa wujuje imyaka 25
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Prince Kid yifurije isabukuru nziza umugore we Miss Elsa wujuje imyaka 25
Imyidagaduro

Prince Kid yifurije isabukuru nziza umugore we Miss Elsa wujuje imyaka 25

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: March 25, 2023
Share
SHARE

Ishimwe Dieudonne uzwi nka Prince Kid yateye imitoma umugore we Miss Iradukunda Elsa baheruka gusezerana imbere y’amategeko avuga ko ari umufatanyabikorwa we w’ibihe byose.

Taliki ya 25 Werurwe buri mwaka ni umunsi ukomeye kuri Miss Rwanda 2017 Iradukunda Elsa kuko aribwo yaboneyeho izuba.

Kuri uyu munsi uyu mukobwa yabyutse atangaza ko yujuje imyaka 25 ari ku Isi, benshi mu nshuti ze n’abamukurikirana ku mbuga nkoranyambaga bagiye bamwifuriza kugira umunsi mwiza w’amavuko.

Muri abo ntabwo habuzemo umugabo we Prince Kid baheruka gusezerana akemera ko azamubera umugabo we w’ibihe byose imbere y’amategeko

Abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter yagize ati “Yubile nziza ku mugore wanjye mwiza akaba n’umufatanyabikorwa muri byose. Utuma umunsi wanjye umbera urumuri kandi ndishimye cyane ku mwanya wose umarana nanjye. Sinshobora gutegereza kwizihiza iminsi myinshi y’amavuko hamwe nawe. Ndagukunda!

Urukundo rwa Prince Kid na Elsa rwaratunguranye ariko ruryohera benshi bitewe n’ibigerageza banyuzemo ubwo uyu mukobwa yitangiraga umugabo we akemera akanafungwa.

Abakurikirana Prince Kid bagiye bakomeza kumubwira ko bishimira urukundo rwabo bamusaba ko bakomeza kuryoherwa mu rugo rwabo.

Bruce Melodie yishimiye uko yanditswe mu itangazamakuru mpuzamahanga muri 2023
Bruce Melodie na Meddy abakunzi babo babasabye gukorana Indirimbo
Dir AB Godwin yashinze ishuri ryigisha indimi na Mudasobwa
Kwibuka 29 :Limu na M Racheal bahumurije abacitse kw’icumu rya Jenoside yakorewe abatutsi mu ndirimbo bise Turi Abavandimwe
Marcus Jordan umuhungu wa Michael Jordan yatawe muri yombi akukiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Gold Spins 50 Free Spins Au

September 5, 2023

Buumi Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Are Online Spins Licensed In Ireland 2023

February 18, 2019

What Is The Secret Of The Cork Slot Machine Game In Ireland

May 28, 2024

Pragmatic Casino Online

May 28, 2024

No Deposit Casino Bonus 2025 Australia

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?